Amakuru
Munezero Jeanne d’Arc Mukayiranga Christina yarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu murenge wa Masaka. Mu buhamya atanga, avuga ko ibyo babonye ari abana...
Hi, what are you looking for?
Munezero Jeanne d’Arc Mukayiranga Christina yarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu murenge wa Masaka. Mu buhamya atanga, avuga ko ibyo babonye ari abana...
Abakora mu isanamitima, ubumwe n’ubudaheranwa bavuga ko kugira ngo ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi icike mu rubyiruko, abafatirwaho urugero bakwiye kubanza kuyivurwa, bakabona kubera...
By Mr. Grace Mugabe/ Researcher, University Lecturer, and Regional Communications Scientist Kigali, Rwanda – April 4, 2025 – As Rwanda entered the 31st commemoration of...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame asaba Abanyarwanda guhaguruka bakarwanira uburenganzira bwabo, byaba na ngombwa bagapfa baburwanira aho gupfa nk’isazi yicwa ihagaze. Gupfa urwanira uburenganzira...
Mu gutangiza iminsi ijana n’icyumweru cy’icyunamo mu Kwibuka ku ncuro ya 31 Jenoside yakorerwe Abatutsi, ku wa 7 Mata 2025, Umuyobozi Mukuru w’Umuryango ushinzwe...
Mu gutangiza ibikorwa by’iminsi ijana n’Icyumweru cy’icyunamo mu Kwibuka ku ncuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimiye abaje kwifatanya...
Munezero Jeanne d’Arc Nubwo hirya no hino hagiye hubakwa amarerero n’ingo mbonezamikurire, mu karere ka Burera ho haracyagaragaramo ibibazo bitandukanye, harimo no kuba abana...
Munezero Jeanne d’Arc Urugaga rw’Ababaruramari b’Umwuga mu Rwanda (ICPAR) rutangaza ko rwitegiye kwakira inama nyafurika yiga ku ibaruramari ry’umwuga izwi nka “African Congress of...
Munezero Jeanne d’Arc Mu karere ka Gisagara hatangijwe ubukangurambaga bw’isuku n’isukura no kurwanya igwingira mu bigo by’amashuri bitandukanye, mu rwego rwo gukangurira abana bato...
Panorama Ishuri rikuru ry’u Rwanda ryigisha Ubuhinzi butangiza Ubutaka (Rwanda Institute for Conservation Agriculture – RICA), na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), bahurije hamwe abafatanyabikorwa,...
Safi Emmanuel Abanyabamga Nshingwabikorwa b’imirenge ine mu Karere ka Nyamasheke Intara y’iburegerazuba banditse amabaruwa basezera akazi. Aba bakozi basezeye bakurikiye uwari Umuyobozi w’Ishami ry’imiyoborere...
Panorama Hategekimana Richard, Perezida Perezida w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda akaba na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Uruganda rw’Igitabo, yahawe igihembo cy’umwaka kubera Ishyaka n’urukundo rw’Igihugu binyuze mu...
Panorama Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, agaragaza ko Ibihugu byibumbiye mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba -EAC n’ibiri mu wa Afurika y’Amajyepfo -SADC, ko umutekano...
Umunyamakuru Jean Lambert Gatare wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda ndetse na mpuzamahanga, amakuru y’uko yatabarutse yamenyekanye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n’ahandi...