Amakuru
Jackson Kwizera Kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda n’u Bwongereza byahuriye mu rukiko mpuzamahanga ruri i La Haye (The Hague), mu Buholandi, Leta y’u...
Hi, what are you looking for?
Jackson Kwizera Kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda n’u Bwongereza byahuriye mu rukiko mpuzamahanga ruri i La Haye (The Hague), mu Buholandi, Leta y’u...
Akagari ka Nzove kari mu Murenge wa Kanyinya, mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Ni kamwe mu duce dukunze kuvugwaho imiterere idasanzwe...
Bamwe mu bagenzi batega abamotari mu bice bitandukanye by’igihugu bavuga ko babangamiwe n’umwanda ukabije abamotari bafite batibagiwe n’amamoto yabo ariko bakabura uko babigenza kuko...
U Rwanda rwashyizeho politiki nshya yorohereza ingendo ku Banyafurika bose, aho abaturage b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) bemerewe kwinjira mu gihugu bidasabye visa....
Jackson Kwizera Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, atangaza ko Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya...
Guverinoma ya Rwanda yatangaje ko iri gutegura gahunda yo kwimura amagororero amwe n’amwe asanzwe ari mu mijyi rwagati. Ibi bigamije gutanga umwanya uhagije wo...
Kigali – Rwanda, hatangijwe gahunda nshya igamije gufasha ibihugu bya Afurika guteganya no guhangana n’indwara zishobora guterwa n’imihindagurikire y’ikirere, yiswe Africa Climate–Health Desk, ikazajya...
Mu Rwanda havuguruwe itegeko rigenga imikoreshereze y’imihanda, risimbura iryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa. Iri tegeko rishya ryashyizeho ibihano bikarishye ku batwara ibinyabiziga banyoye...
Abaturage b’Umujyi wa Kigali basabwe kugira uruhare rukomeye mu gukumira no kurandura indwara y’ibisazi by’imbwa, binyuze mu gukingiza imbwa no kuzitaho kugira ngo zitazerera....
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Vincent Nyakarundi, yagiriye inama itsinda ry’abasirikare ba RDF hamwe n’abapolisi b’u Rwanda bitegura kujya...
Rene Anthere Rwanyange Twagirumukiza François yatorewe kuyobora Urugaga rw’Abikorera, PSF. Ni umwanya asimbuyeho Jeanne Françoise Mubiligi wayiyoboraga kuva muri Gashyantare mu 2023. Yiyamamaje ari...
U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 205 bari bamaze igihe batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakaba baragarutse mu gihugu ku wa Kane tariki ya...
Mu Karere ka Nyarugenge Murenge wa Kanyinya, umugabo uzwi ku izina rya Kazungu ari mu bibazo bikomeye iwe mu rugo nyuma y’uko umugore we...
Ibigo by’itumanaho bikorera muri Afurika byatangaje gahunda nshya igamije korohereza abaturage kubona telefone zigezweho ku giciro gito cyane, aho biteganyijwe ko zimwe zizajya zigura...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Murangira B. yatangaje ko kugeza ubu ataramenya cyangwa ngo abe yarigeze yumva indirimbo y’umunyarwenya n’umuhanzi uzwi kw’izina rya G Taff,...