Amakuru
The President of France, Emmanuel Macron, in his speech to the participants of the 2024 International Olympic Games, praised President Paul Kagame for his...
Hi, what are you looking for?
The President of France, Emmanuel Macron, in his speech to the participants of the 2024 International Olympic Games, praised President Paul Kagame for his...
Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) yatangaje ku buryo bwa burundu ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite yabaye ku wa 14-15 Nyakanga 2024. Ibyatangajwe ku buryo...
Perezida Paul Kagame ubwo yakiraga kandi akanashimira abagize uruhare mu migendekere myiza y’ibikorwa byo kwiyamamaza by’Umuryango FPR Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite, yagarutse...
Rukundo Eroge Umushinga RW0442 ukorera mu itorero UEBR muri Paruwasi ya Mwendo mu murenge wa Mamba, mu karere ka Gisagara, ku nkunga ya Compassion...
Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda (NFPO), rishima imyitwarire y’abanyarwanda mu gutegura site zatoreweho Perezida wa Repubulika n’abagize inteko ishinga amategeko...
Rukundo Eroge Umuryango FPR Inkotanyi n’Amashyaka umunani bafatanyije bahize abo baribahatanye mu matora y’abadepite bazjya mu nteko ishinga amategeko muri manda igiye gutangira. Ibi...
Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yashyize ahagaragara umubare w’ibyicaro by’agateganyo imitwe ya Politiki izaba ifite mu Nteko Ishinga Amategeko 2024-2029....
Rukundo Eroge Indorerezi mpuzamahanga zitabiriye amatora zashimye uko Abanyarwanda n’u Rwanda bitwaye mu matora yabaye muri uku kwezi kwa Nyakanga 2024 harimo aya Perezida...
Abagore bitabiriye amatora y’abadepite mu byiciro byihariye bifuza ko abo batoye batajya baherukana baje kubasaba amajwi, ahubwo bakajya basubiza amaso inyuma bakajya kureba ababatoye....
Bamwe mu barwayi, abarwaza n’abaganga bo ku bitaro bya Kigeme mu murenge wa Gasaka n’ibya Kaduha biherereye mu murenge wa Kaduha bishimiye ko begerejwe...
Ni ku wa 15 Nyakanga 2024, ku biro by’itora ku Ishuri ribanza rya Kimironko II. Ni saa tatu n’iminota 58, abantu n’urujya n’uruza kuri...
Abatoye bwa mbere (Urubyiruko) rwo mu Karere ka Nyamagabe mu murenge wa Gasaka bitabiriye ibikorwa by’amatora ku ncuro ya mbere, bavuga ko bishimiye kuba...
Tariki ya 15 Nyakanga 2024, abanyarwanda bari mu gihugu babyemerewe bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite bazabayobora muri manda y’imyaka itanu. Bamwe mu barwayi...