Kwibuka
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko urugendo rwo Kwibohora igihugu rutarangiriye mu 1994, ahubwo ko rugomba gukomeza kubakwa na buri gisekuru,...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko urugendo rwo Kwibohora igihugu rutarangiriye mu 1994, ahubwo ko rugomba gukomeza kubakwa na buri gisekuru,...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko u Rwanda rukomeje kwandika amateka meza mu guteza imbere ubuzima bw’umwana, aho...
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bwerekana ko hakiri itandukaniro hagati y’abagore n’abagabo ku bijyanye no gutunga umutungo bwite, gufata...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA) kigiye gutangira gukoresha ikoranabuhanga rya drones mu rwego rwo kurushaho gukumira no gufata abishora mu gutwika imyanda mu...
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bwerekana ko igihugu gikomeje gutera intambwe ishimishije mu rugamba rwo kurwanya Virusi itera SIDA,...
Umunyamerika Ashton Hall, wamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera imyitozo ngororamubiri ikurikirwa n’abarenga miliyoni z’abamukurikira, yatangaje ko agiye gushyigikira Umunyarwanda Enock Kwizera uzwi nka Kagarara...
Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC Group) cyatangaje ko cyashyize mu bikorwa gahunda yo gusaranganya amazi mu bice bimwe na bimwe by’igihugu byibasiwe n’igabanyuka...
Mu rwego rwo kongera ubushobozi bwo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe no guteza imbere gahunda yo kongera ibiti mu gihugu, Umujyi wa Kigali watashye ubuhumbikiro...
U Rwanda rwiteze indi ntambwe ikomeye mu rwego rw’ubwikorezi bwo mu kirere, aho icyiciro cya mbere cy’Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bugesera giteganyijwe gutangira kwakira...
Ubukungu bw’u Rwanda bwiyongereyeho 10% mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2026, bitewe ahanini n’izamuka ry’umusaruro mu nzego z’ingenzi zirimo serivisi, inganda n’ubuhinzi. Ibi...
Mu rwego rwo gukomeza kuzirikana, Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi no kubungabunga amateka yayo, umuryango mugari w’abakora mu itangazamakuru mu Rwanda...
Mu gihe ubuvumvu bwari busanzwe bufatwa nk’umwuga ukorwa cyane n’abagabo, abagore bo mu Karere ka Ngororero bavuga ko kuwinjiramo byabahinduriye imibereho, kuko bubafasha kubona...
WhatsApp yatangaje uburyo bushya buzafasha abayikoresha kuganira bidasabye kubanza guhana nimero za telefone, binyuze mu gukoresha username (izina ryihariye), mu rwego rwo kurushaho kurinda...
Mu rwego rwo gukomeza kuzirikana amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi no guha icyubahiro abayizize, Perezida wa Sena, Dr. Kalinda François-Xavier, na Perezida w’Umutwe w’Abadepite,...
Nubwo amategeko y’u Rwanda abuza umuntu kwikuramo inda, hari ibihe byihariye ateganya ko umuganga wemerewe kubikora mu buryo bwubahirije amategeko. Ingingo ya 123 y’Itegeko...