Amakuru
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yahaye impanuro itsinda ry’abasirikare n’abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’amahoro mu Ntara ya...
Hi, what are you looking for?
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yahaye impanuro itsinda ry’abasirikare n’abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’amahoro mu Ntara ya...
Mu gihe hategerejwe igihe cy’Umuhindo, Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) irakangurira Abanyarwanda gufata ingamba hakiri kare zo kwirinda ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi iteganyijwe....
U Rwanda rwagize ibyago byo kubura Senateri Donatille Mukabalisa, witabye Imana azize uburwayi, nyuma y’igihe ari kwivuriza mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal i Kigali....
Mu gihe cy’iminsi itanu, kuva ku wa 20 kugeza ku wa 24 Nyakanga 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano aherutse gusinywa hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye urubyiruko rwitabiriye Itorero Indangamirwa icyiciro cya 16 gukomeza kubungabunga no guteza imbere ibyo igihugu cyagezeho, arwibutsa ko ahazaza...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yongeye gukangurira urubyiruko kwita ku rurimi rw’Ikinyarwanda, arusaba kuruvuga no kurwandika mu buryo buboneye, agaragaza ko gusigasira ururimi kavukire...
Perezida wa Repubulika akaba na Chairman wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n’abayobozi b’uyu Muryango, bibanda ku mateka yawo, indangagaciro uwuranga ndetse n’uruhare ukomeje...
Polisi y’u Rwanda irasaba abashoferi n’abandi bakoresha umuhanda kongera ubwitwararike mu gihe cyo gutwara ibinyabiziga, nyuma y’uko imibare y’umwaka wa 2025 igaragaje ko impanuka...
Umunya-Slovenia Tadej Pogačar yongeye kwemeza ko ari umwe mu bakinnyi b’amagare bakomeye ku Isi, nyuma yo kwegukana Tour de France 2026, bituma ageza ku...
Rayon Sports yatangiye neza urugendo rwayo mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026 nyuma yo gutsinda KVZ SC yo muri Zanzibar ibitego 2-0, mu...
Abantu barenga ibihumbi 300 bamaze kuva mu ngo zabo mu majyepfo y’u Bufaransa kubera inkongi y’umuriro ikomeje gukwira mu bice bitandukanye, ihungabanya ubuzima bw’abaturage...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye i Kigali Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba, wari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi...
Jamus FC yahise ifata umwanya wa mbere mu Itsinda B nyuma yo gutsinda Singida Black Stars ibitego 2-0, mu gihe Simba SC yatangiye irushanwa...
Abantu benshi bagenda bahindura uburyo bafata amafunguro, aho bamwe bahisemo kureka kurya nijoro bagamije kugenzura ibiro no kwirinda umubyibuho ukabije. Nubwo hari ababikora bashingiye...