Kwibuka
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwongeye kwibutsa abaturage kwitegura neza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bushimangira akamaro ko...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwongeye kwibutsa abaturage kwitegura neza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bushimangira akamaro ko...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yatangaje ko u Rwanda rwamaze gutanga kandidatire yo kwakira irushanwa rya African Nations League...
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Mata 2026 ari umunsi w’ikiruhuko ku gihugu...
Inkongi y’umuriro mu kigo cya gisirikare cya Musaga i Bujumbura yasize impungenge n’ibyago ku baturage. Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko hari abaturage...
Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yemeje ko izitabira Igikombe cy’Isi 2026 nyuma yo gutsinda Jamaica igitego 1-0 mu mukino wabereye...
Ku wa 31 Werurwe 2026, mu karere ka muhanga hasorejwe ubukangurambaga bumaze iminsi bukorerwa muri za gare zitandukanye mu Rwanda, bujyanye no kurwanya umwanda...
Kuri uyu wa 31 Werurwe 2026, mu mujyi wa Bujumbura humvikanye urusaku rw’ibisasu byinshi rwakurikiwe n’umwotsi mwinshi, ibintu byateye ubwoba bukomeye abaturage bikanahungabanya ituze...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Nigeria, Yusuf Tuggar, yeguye ku mirimo ye, nk’uko byemejwe n’itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa Facebook n’umuvugizi we. Amakuru yatangajwe n’ibitangazamakuru...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yongeye kwandika amateka yegukana igikombe cya FIFA Series 2026, irushanwa mpuzamahanga rimaze iminsi ribera mu Rwanda, kiba igikombe cya...
Raporo ya 2026 yerekana ibipimo by’ishoramari ku Isi, izwi nka Baseline Profitability Index (BPI), yagaragaje u Rwanda nk’igihugu cya mbere ku Isi cyizewe gushorwamo...
Agace ka Kimihurura gaherereye mu Karere ka Gasabo, kagenda karushaho kugaragaza isura nshya y’iterambere, aho hubakwa inyubako z’ubucuruzi n’izo guturamo ziri ku rwego rwo...
Komiseri mu Muryango FPR Inkotanyi, Habonimana Charles, yagaragarije abanyamuryango ko batagomba gutegereza ko Umuyobozi w’Umuryango, Perezida Paul Kagame, ari we ubibutsa inshingano zabo, ahubwo...
Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu by’Abarabu bateranye ku Cyumweru, bafashe icyemezo cyo gushyigikira uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Misiri, Nabil Fahmy, kugira ngo abe...
Ibihe byiza mwe mwese tubana umunsi ku wundi aha kuri Panorama, nizere ko iki cyumweru dusoje cyababereye amata n’ubuki, kandi n’abo kitagendekeye neza, muri...
Mu Karere ka Gicumbi, ahazwiho kugira aborozi b’umwuga benshi, hakomeje kugaragara nk’ahantu h’ingenzi ho kwigirwa no gusangizwa ubumenyi ku bworozi bugezweho, by’umwihariko mu korora...