Politiki
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Abanyamabanga bahoraho bashya muri Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS) no muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH), nk’uko bikubiye mu...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Abanyamabanga bahoraho bashya muri Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS) no muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH), nk’uko bikubiye mu...
Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rukomeje gutera imbere mu gukoresha ikoranabuhanga, aho ubu abaganga b’inzobere bashobora gufasha bagenzi babo kuvura cyangwa kubaga abarwayi batari kumwe,...
Ikipe y’Igihugu ya Espagne yakomeje kwerekana ko iri mu zikomeye ku Isi nyuma yo gusezerera u Bufaransa ibitego 2-0 mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe...
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini bya Leta no Kugenzura Amashuri (NESA), yatangaje ko ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye by’umwaka w’amashuri...
Hashize umwaka u Rwanda rutangije Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukusanya no gusesengura amakuru y’ubuzima hifashishijwe ubwenge buhangano (NHIC), aho cyatangiye gutanga umusaruro ugaragara mu kunoza...
Sheikh Hamad bin Khalifa Al Thani wabaye Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar hagati ya 1995 na 2013 azibukwa nk’umuyobozi wahinduye iki gihugu mu bukungu, uburezi,...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ibihugu bya Afurika bikwiye kwihutisha uburyo bwo gukusanya no gusangizanya amakuru y’ubuzima, ashimangira ko ubwenge buhangano (AI)...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS 2025) bugaragaza ko nubwo imyumvire igenda ihinduka, hari 30% by’Abanyarwandakazi bakomeje kwemera ko hari nibura impamvu...
Ubwizigame bw’abanyamigabane muri RNIT Iterambere Fund bwiyongereye ku buryo bugaragara mu myaka 10 ishize, bugera kuri miliyari 149.95 Frw mu 2026, buvuye kuri miliyari...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko ibizamini bya Leta by’abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye rusange n’ay’imyuga n’ubumenyingiro (TSS) bizatangira ku wa...
Nyuma y’imikino ya 1/4, hamenyekanye amakipe ane akomeje muri 1/2 ari yo Argentina, u Bwongereza, u Bufaransa na Espagne, ategerejweho guhatanira itike y’umukino wa...
Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwakoze umuhango wo gusezera ku ba Ofisiye bageze mu kiruhuko cy’izabukuru ndetse n’abarangije amasezerano y’akazi, bubashimira umusanzu bagize...
Ikipe y’Igihugu ya Espagne yamaze kubona itike ya ½ cy’irangiza mu Gikombe cy’Isi cya 2026, aho igiye gucakirana n’u Bufaransa nyuma yo gusezerera u...
Mu Mujyi wa Kigali, ikibazo cy’ibiciro by’ingendo za moto gikomeje kuvugisha benshi, aho abagenzi bavuga ko amafaranga basabwa yiyongereye ku buryo budasanzwe, mu gihe...
Ubushakashatsi bwa TransUnion Rwanda bwagaragaje ko ubutekamutwe bukoresheje ikoranabuhanga bukomeje kwiyongera, aho 62% by’Abanyarwanda babajijwe bavuga ko mu mezi atatu ya mbere ya 2026...