Politiki
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano usanzwe uhuza u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gukomera,...
Hi, what are you looking for?
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano usanzwe uhuza u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gukomera,...
Umutekano wongeye kuzamba mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishiu, nyuma y’iminsi ibiri yikurikiranya humvikana urusaku rw’amasasu n’iturika ry’ibisasu hagati y’inzego z’umutekano za Leta n’abatavuga...
Rwanda has officially inaugurated a state of the art weather observation station designed to collect and analyze atmospheric data at high altitudes, a development...
Hari abanyeshuri biga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Mushirarungu ruherereye mu Murenge wa Rwabicuma, Akarere ka Nyanza, bavuga ko bahura n’ibihano birimo gukubitwa no kwirukanwa...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangiye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Burusiya aho yagiranye ibiganiro na Perezida Vladimir Putin, mu rugendo rufatwa nk’intambwe ikomeye...
Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yatoye ibihugu bitanu bizinjira mu Kanama k’Umutekano ka Loni nk’abanyamuryango badahoraho, mu gihe cya manda y’imyaka ibiri izatangira ku...
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko rukomeje gahunda yo gusimbuza abayobozi b’ibigo by’amashuri batagaragaje ubushobozi buhagije mu micungire n’imiyoborere y’amashuri, aho...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko buri gushaka uburyo inyubako z’amasoko ya kijyambere zimaze igihe zidakoreshwa neza zakwifashishwa mu bindi bikorwa bibyara umusaruro, harimo...
Nubwo u Rwanda rukomeje gushora imari no gushyira imbaraga mu bikorwa byo guhangana n’imihindagurikire y’ikirere, raporo nshya zashyizwe ahagaragara zigaragaza ko ingaruka zayo zikomeje...
I Paris mu Bufaransa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, na Madamu Jeannette Kagame bifatanyije na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, abayobozi batandukanye,...
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri barenga 74,000 barangije amasomo yisumbuye batangiye gukora ibizamini ngiro (pratique), mu rwego rwo gupima ubumenyi bafite mu kubishyira...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko gahunda yo gushyiraho ikigo cyo gushyiramo abantu bagiye kwitabwaho mu gihe cy’icyorezo cya Ebola itagamije guteza impungenge,...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Kamena 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame hamwe na Perezida w’u Bufaransa...
APR FC yatangiye gahunda yo kuvugurura ikipe yitegura umwaka w’imikino wa 2026/2027, aho yamaze gutandukana n’abakinnyi batatu b’abanyamahanga bari basoje amasezerano bari bafitanye n’iyi...
Abashakashatsi bo mu Bwongereza batangaje intambwe nshya mu rugamba rwo kurwanya kanseri, nyuma y’aho Ikigo Greywolf Therapeutics gikora ubushakashatsi ku miti cyashyize ahagaragara ibyavuye...