Imanza
Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST), ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF), yatangije gahunda nshya igamije kunoza uburyo abana bari hagati y’imyaka 14 na...
Hi, what are you looking for?
Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST), ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF), yatangije gahunda nshya igamije kunoza uburyo abana bari hagati y’imyaka 14 na...
Ubushakashatsi butandukanye ku buzima n’ibitotsi bugaragaza ko uburyo umuntu aryamamo bushobora kugira uruhare runini ku ireme ry’ibitotsi agira buri joro. Mu byo abahanga bagarukaho...
Abasirikare b’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka barangije amahugurwa yihariye agamije kongerera ubushobozi inzego za gisirikare, yari amaze amezi ane abera mu Kigo cy’Ishuri...
Mu muhango wo guha impamyabushobozi abakobwa n’abagore 287 barangije amahugurwa y’umwuga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolee, yashimye intambwe bamaze gutera...
Sosiyete BasiGo ikomeje kwagura ibikorwa byayo mu Rwanda nyuma yo kumurika bisi nshya 18 zikoresha amashanyarazi, zizatangira gutwara abagenzi mu muhanda wa Kigali-Rusizi, umwe...
U Rwanda rwongeye gushimangira ko rwageze ku musaruro ushimishije mu guhangana na Virusi itera SIDA, rugaragaza ko rwamaze kurenga ku ntego mpuzamahanga zari zarashyizweho...
Mu rwego rwo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage, Ingabo z’u Rwanda na Polisi y’u Rwanda bakomeje ibikorwa bigamije gufasha abaturage batishoboye bo mu Ntara...
Urwego rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda rwakomeje kwitwara neza mu ntangiriro za mwaka wa 2026, aho rwagaragaje izamuka rikomeye ry’umusaruro mu gihembwe cya mbere...
Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ategerejwe mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Kinshasa, kuri uyu wa Mbere mu ruzinduko rw’akazi...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yongeye gukangurira Abanyarwanda kurushaho kwita ku isuku no kwirinda ibiyobyabwenge, avuga ko ari imwe mu nzira zafasha igihugu gukomeza...
Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI), Sheikh Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko u Rwanda rwageze ku iterambere rifatika kubera imiyoborere myiza, asaba Abanyarwanda gukomeza...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa ababyeyi, abarimu n’abandi bafite inshingano zo kurera abana ko ibihano bikabije bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye ndetse bikaba binanyuranyije...
Guhera muri Nzeri 2026, abifuza kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga bazatangira gukorera ibizamini muri gahunda nshya yashyizweho hagamijwe kunoza imyigishirize no kongera ubuziranenge mu...
Mu rwego rwo gukomeza kurwanya ubujura bw’amatungo, Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yafashe abantu batatu bakekwaho kwiba inka zirindwi mu Karere ka Nyanza,...
Mu rwego rwo gufasha abagore gufata ibyemezo bishingiye ku makuru yizewe, hasohotse igitabo gishya cyiswe Mama Guide, cyanditswe n’inzobere mu by’ubuzima hagamijwe gusubiza ibibazo...