Amakuru
Mu minsi mike iri imbere, abakunzi b’umuziki mu Rwanda ndetse n’abo mu bindi bihugu bihana imbibi na rwo bategereje igitaramo gikomeye cyane. Ni igitaramo...
Hi, what are you looking for?
Mu minsi mike iri imbere, abakunzi b’umuziki mu Rwanda ndetse n’abo mu bindi bihugu bihana imbibi na rwo bategereje igitaramo gikomeye cyane. Ni igitaramo...
Kigali – Rwanda, hatangijwe gahunda nshya igamije gufasha ibihugu bya Afurika guteganya no guhangana n’indwara zishobora guterwa n’imihindagurikire y’ikirere, yiswe Africa Climate–Health Desk, ikazajya...
Mu Rwanda havuguruwe itegeko rigenga imikoreshereze y’imihanda, risimbura iryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa. Iri tegeko rishya ryashyizeho ibihano bikarishye ku batwara ibinyabiziga banyoye...
Abaturage b’Umujyi wa Kigali basabwe kugira uruhare rukomeye mu gukumira no kurandura indwara y’ibisazi by’imbwa, binyuze mu gukingiza imbwa no kuzitaho kugira ngo zitazerera....
Ubushakashatsi buherutse gukorwa bwerekanye ko ubuziranenge bw’intanga z’abagabo bushobora guhinduka bitewe n’ibihe by’umwaka, bwagaragaje kandi ko mu gihe cy’impeshyi intanga ziba zifite imbaraga n’ubushobozi...
Ni mu bilometero hafi ijana uvuye mu murwa mukuru wa Quito muri Ecuador werekeza mu mashyamba manini ya Amazon Rainforest, niho dusanga ubwoko bw’ibiti...
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Vincent Nyakarundi, yagiriye inama itsinda ry’abasirikare ba RDF hamwe n’abapolisi b’u Rwanda bitegura kujya...
Umuyobozi w’Inama y’Abepiskopi Gatolika ihuza u Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akaba n’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Muyinga mu Burundi, Myr...
U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 205 bari bamaze igihe batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakaba baragarutse mu gihugu ku wa Kane tariki ya...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Werurwe 2026, abaturage benshi bo mu mujyi wa Goma bakoze imyigaragambyo bagaragaza uburakari bwabo ku gitero cya...
Banki Nkuru y’u Rwanda hamwe na Banki Nkuru ya Kenya basinye amasezerano y’ubufatanye agamije gushyiraho uburyo bwo gusangira impushya azwi nka License Passporting Framework...
Mu Karere ka Nyarugenge Murenge wa Kanyinya, umugabo uzwi ku izina rya Kazungu ari mu bibazo bikomeye iwe mu rugo nyuma y’uko umugore we...
Inteko Ishinga Amategeko ya Senegal ku wa Gatatu yemeje itegeko rishya ryongera ibihano abakora imibonano mpuzabitsina bahuje ibitsina bahabwa, aho ushobora gufungwa kugeza ku...
Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango bavuga ko bamaze imyaka myinshi bategereje ibyangombwa by’ubutaka bwabo, ariko kugeza ubu...
Imikino ibanza ya ⅛ cy’irangiza mu irushanwa rya UEFA Champions League yakinwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe 2026 yasize...