Amakuru
Abanyamahanga umunani bigaga muri Kaminuza ya INES Ruhengeri mu Karere ka Musanze basubijwe mu bihugu bakomokamo nyuma yo kugaragara mu bikorwa by’urugomo byari bimaze...
Hi, what are you looking for?
Abanyamahanga umunani bigaga muri Kaminuza ya INES Ruhengeri mu Karere ka Musanze basubijwe mu bihugu bakomokamo nyuma yo kugaragara mu bikorwa by’urugomo byari bimaze...
Urukiko rw’Ikirenga rwatangaje amabwiriza mashya agena uko abitabira iburanisha ry’imanza bagomba kwitwara mu gihe urubanza ruburanishwa hifashishijwe ikoranabuhanga. Aya mabwiriza ashyizweho mu rwego rwo...
Hari abantu benshi bavuga ko gukira ibikomere by’urukundo bidaterwa gusa n’igihe mwamaranye, ahubwo ko rimwe na rimwe umuntu mutandukana mutarageza ku nzozi mwari mufite...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ibibazo bimaze imyaka myinshi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bidashobora...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko muri Gicurasi 2026 ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi bikomeje kuzamuka ku rwego rw’igihugu, aho byiyongereyeho 12,3% ugereranyije n’ukwezi kwa...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje gahunda nshya igamije kongera umusaruro w’isukari ikorerwa imbere mu gihugu, hagamijwe kugabanya amafaranga menshi igihugu gikoresha kiyitumiza mu mahanga no...
Abafatanyabikorwa bagize Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere ka Muhanga (JADF) batangiye imurikabikorwa rizamara iminsi ine, mu gikorwa cyafunguwe ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), Karim Khan, yahagaritswe by’agateganyo ku mirimo ye mu gihe hakomeje gusuzumwa ibirego bikomeye bimushinja ihohotera rishingiye ku gitsina....
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yahaye inshingano zikomeye Gaby Kasongo uherutse kugirwa Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Ituri, amusaba...
Abasirikare n’aba Ofisiye bo mu nzego zitandukanye z’Ingabo z’u Rwanda bateraniye mu mwiherero w’iminsi itatu ugamije kurebera hamwe aho gahunda y’uburinganire n’ubwuzuzanye igeze ishyirwa...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nta kibazo cya Ebola kiragaragara mu gihugu, inizeza abaturage ko ingamba zo gukumira no kugenzura iyi ndwara zakajijwe cyane...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana, yashimangiye uruhare rukomeye rw’Urwego rwa DASSO mu gufasha inzego z’ibanze n’iz’umutekano kurinda umutekano w’abaturage no gukomeza gutanga serivisi zibegereye....
Mu gihe Arikidiyosezi ya Kigali yizihiza Yubile y’imyaka 50 imaze ishinzwe, ubuyobozi bwa Kiliziya bwagaragaje ko Umuryango wa Karisimatike uri mu bafashije abakristu gukura...
Abaturage batatu bo mu Karere ka Rwamagana, barimo abakecuru babiri bafitanye isano ya hafi, bapfuye nyuma yo kunywa inzoga ya kanyanga bavuga ko bari...
U Rwanda rwatangiye urugendo rugamije gukurura imari ituruka mu bihugu by’Abarabu binyuze mu guteza imbere uburyo bw’imari buzwi nka Islamic Finance, urwego rumaze kugera...