Imibereho myiza
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Consolée Uwimana, agaragaza ko ikibazo cy’abana basambanywa bagaterwa inda gikomeje kuba kimwe mu bibazo bikomeye bibangamiye imibereho n’iterambere ry’abana mu...
Hi, what are you looking for?
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Consolée Uwimana, agaragaza ko ikibazo cy’abana basambanywa bagaterwa inda gikomeje kuba kimwe mu bibazo bikomeye bibangamiye imibereho n’iterambere ry’abana mu...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gutangira kugabanya inkunga yahaga Afurika y’Epfo mu bikorwa byo kurwanya no kwita ku barwayi...
Mu rwego rwo gushimangira ituze n’iterambere ry’imiryango, abantu 21 bo mu Karere ka Kamonyi bashyize umubano wabo mu buryo bwemewe n’amategeko, mu gihe abandi...
Abaturage bo mu Karere ka Huye, by’umwihariko urubyiruko, batangiye kuryoherwa n’ibirori bya MTN Iwacu Muzika Festival 2026 binyuze muri siporo rusange ya nijoro izwi...
Abapolisi 38 baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda basabwe gukomeza kwagura ubumenyi no guhangana n’ibibazo...
Abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye kongera imbaraga mu gutanga ubujyanama n’amakuru yizewe ku buzima bw’imyororokere, nyuma yo guhabwa amahugurwa...
Mu gihe benshi bakomeje gukurikira uko amakipe atandukanye yitwara mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026, abakunzi b’imyidagaduro bo bafite amahirwe yo kwitabira ibikorwa byinshi...
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhangana n’icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryagaragaje impungenge ziterwa...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, bashyize umukono ku masezerano y’ibanze agamije guhagarika ubushyamirane bumaze...
U Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu byo ku Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya imvugo z’urwango, mu gikorwa cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi...
U Rwanda na Afurika y’Epfo byongeye kugaragaza ubushake bwo gukomeza kubaka umubano ushingiye ku bwizerane no ku nyungu rusange, nyuma y’ibiganiro byahuje abayobozi bakuru...
Abatuye mu murwa mukuru wa Niger, Niamey, batangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane humvikanye urusaku rw’amasasu hafi y’ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya...
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’ibanze mu Karere ka Ruhango, yakanguriye urubyiruko kurushaho gusobanukirwa amateka y’igihugu, igaragaza ko ari imwe mu nzira...
Perezida wa Sena, Dr François Xavier Kalinda, yatangaje ko hakenewe imbaraga zidasanzwe mu kwita ku bana bafite ikibazo cya Otizime (Autisme), cyane cyane mu...
U Rwanda rwongeye kwakira itsinda ry’abasaba ubuhungiro n’impunzi ryavuye muri Libya, mu rwego rwa gahunda yo kubafasha kubona umutekano no kubashakira ibihugu byo kubamo...