Rwanda
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazemera na rimwe ko amateka yarwo asobanurwa cyangwa akagorekwa hashingiwe ku nyungu z’abantu bamwe, ahubwo ko ukuri...
Hi, what are you looking for?
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazemera na rimwe ko amateka yarwo asobanurwa cyangwa akagorekwa hashingiwe ku nyungu z’abantu bamwe, ahubwo ko ukuri...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) cyatangaje ingamba zihutirwa zo gukumira ikwirakwira ry’indwara y’ubuganga bwo mu Kibaya cya Rift (RVF), nyuma y’uko ibizamini bya...
Abacuruza n’abatunganya ikawa bo mu Rwanda, bafatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), bitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga rya...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy’inda ziterwa abangavu gikomeje kuba kimwe mu bibazo bikomeye byugarije ubuzima n’iterambere ry’urubyiruko, agaragaza ko buri...
Ikigo cya IBTC Film and Design School cyatangaje ko cyaguye uburyo gitangamo amasomo binyuze ku ikoranabuhanga, gitangiza urubuga rufasha abantu kwiga imyuga itandukanye irimo...
Isoko mpuzamahanga ry’ibikomoka kuri peteroli rikomeje kwerekana impinduka nziza nyuma y’uko Amerika na Iran byumvikanye ku guhagarika imirwano by’agateganyo. Ibi byatumye ibiciro byari byarazamutse...
Rwanda has been selected to host the 2026 Global Carbon Market Forum, a major international event aimed at advancing climate finance and sustainable development...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) bwisobanuye imbere ya Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana Ikoreshwa ry’Umutungo wa Leta (PAC) ku mafaranga arenga miliyoni 392...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) cyatangaje ko kiri mu myiteguro ya nyuma yo kubona rwiyemezamirimo uzubaka umuhanda Kigali-Muhanga, umwe mu mihanda ifatiye runini...
Abaturage bo mu Murenge wa Kisaro, Akarere ka Rulindo, bagaragaje impungenge batewe n’ikibazo cy’umusore w’imyaka 25 uvugwaho guhora atera ubwoba ababyeyi be, ababwira ko...
Igihugu cya Venezuela cyahuye n’umutingito mu rukerera rwo ku wa 25 Kamena 2026, aho imitingito ibiri ikurikiranye yibasiye ibice bitandukanye by’iki gihugu igateza ibyangiritse...
Abadepite bagize Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite bemeje umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2026/2027, uzatangira gushyirwa mu bikorwa muri Nyakanga 2026....
Leta y’u Bufaransa yatangaje ko yabonye umurwayi wa mbere wanduye Ebola ku butaka bwayo kuva iki cyorezo cyakwaduka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) birimo kuganira ku mushinga mushya ushobora gutuma hashyirwaho ibigo byo hanze y’umugabane w’u Burayi byakwakirirwamo abimukira bananiwe...
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwasabye ko hafatwa ibihano ku barimu 38 bakekwaho gukopera mu bizamini by’akazi byateguwe hagamijwe gutoranya abigisha n’abakozi bazahabwa...