Rwanda
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho uburyo bushya bwo kugenera abayobozi bo mu nzego za Leta amafaranga y’inshingano, ibintu bishobora kugira ingaruka zikomeye ku mishahara y’abakozi...
Hi, what are you looking for?
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho uburyo bushya bwo kugenera abayobozi bo mu nzego za Leta amafaranga y’inshingano, ibintu bishobora kugira ingaruka zikomeye ku mishahara y’abakozi...
Urwego rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda RIB, rwatangaje ko mu mwaka wa 2024–2025 rwakiriye ibirego 4,138 bifitanye isano no gusambanya abana, aho abakobwa ari bo bagize...
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko ku wa Gatatu tariki ya 27 Gicurasi 2026 ari umunsi w’ikiruhuko rusange mu Rwanda, mu rwego rwo...
Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yashyizeho Ahmadou Al Aminou Mohamed Lô nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbuye Ousmane Sonko wari umaze iminsi akuwe kuri...
Ibiciro bya peteroli ku rwego mpuzamahanga byagabanutse cyane kuri uyu wa Mbere, nyuma y’uko hatangiye kugaragara icyizere cy’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na...
Hashize imyaka 135 hamenyekanye inyandiko y’itorero Gatolika yiswe Rerum Novarum, Papa Leo XIV yasohoye inyandiko ye ya mbere y’ingenzi yitwa Magnifica Humanitas (Ubumuntu buhebuje),...
Ku wa 25 Gicurasi 2026, mu Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge habereye urubanza ruregwamo umunyamategeko akaba n’umuhesha w’inkiko w’umwuga, Me Munyakaragwe Aline, akurikiranyweho icyaha cyo...
Abantu bane bamaze gupfa nyuma y’isenyuka ry’inyubako yari ikiri kubakwa mu gihugu cya Philippines, mu gihe ibikorwa byo gushakisha no gutabara abakiri munsi y’amatongo...
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yakiriye itsinda ry’abaganga 128 baturutse mu Rwanda bari muri gahunda y’amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi mu buvuzi bw’inzobere, mu...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ibiganiro iri kugirana na Iran ku bibazo by’umutekano wo mu burasirazuba bwo hagati bitazigera bivutsa Israël uburenganzira...
Umunyarwandakazi Marie-Clémentine Dusabejambo yegukanye igihembo gikomeye cya Caméra d’Or mu iserukiramuco mpuzamahanga rya sinema rya Cannes Film Festival, ibintu byanditse amateka mashya muri sinema...
Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yamaze kwemezwa nk’umukandida w’ishyaka All Progressives Congress (APC) mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri Mutarama 2027, nyuma yo...
Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy, usanzwe uzwi mu mwuga w’itangazamakuru, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Abanzi”, igaruka ku mbogamizi n’igitutu bamwe mu bafite impano bahura...
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwongeye gushimangira ko rukomeje gukenera abagore benshi mu mwuga w’ubucungagereza, ruvuga ko umubare w’abawitabira ukiri hasi ugereranyije n’inshingano...
Ikipe ya APR FC yongeye kwandika amateka mu mupira w’amaguru w’u Rwanda nyuma yo kwegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2026 itsinze mukeba wayo Rayon Sports...