Rwanda
Perezida Paul Kagame yakiriye abagize Inama y’Ubutegetsi ya Equity Group Holdings Limited n’iya Equity Group Foundation bari mu Rwanda bitabiriye inama zabo ngarukagihembwe, bagirana...
Hi, what are you looking for?
Perezida Paul Kagame yakiriye abagize Inama y’Ubutegetsi ya Equity Group Holdings Limited n’iya Equity Group Foundation bari mu Rwanda bitabiriye inama zabo ngarukagihembwe, bagirana...
Abantu 43 bakekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko bahawe izina ry’ikibyibirio “Imparata”, batawe muri yombi mu Murenge wa Kabare, nyuma y’ibirego...
Umunyamakuru ndetse n’umujyanama w’abahanzi Murindahabi Irene uzwi cyane nka M Irene, yamaze gutangaza ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Nishimwe Liliane nyuma yo kumwambikira...
Mu gihe hitegurwa kwizihiza umunsi w’Afurika (Africa Liberation Day) uba buri mwaka ku wa 25 Gicurasi, urubyiruko rwiga muri Ishuri rikuru Gatolika ya Kabgayi...
Guverinoma ya Nigeria yatangaje ko abaturage b’u Rwanda bagiye kujya binjira muri icyo gihugu badasabye visa mbere y’urugendo, aho bazajya bemererwa kumarayo iminsi 30...
Rayon Sports yongeye gutakaza amanota y’ingenzi muri shampiyona nyuma yo kunganya 1-1 na Gorilla FC mu mukino w’Umunsi wa 32 wa BK Pro League...
Mu gihe u Rwanda n’isi bizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umuryango, inzego zitandukanye zirasaba Abanyarwanda gushyira imbere ibiganiro byubaka mu miryango, kuko ari byo shingiro ry’ubuzima...
Abashinzwe ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari mu bikorwa bikomeye byo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola gikomeje guhitana abantu mu majyaruguru y’uburasirazuba...
Abaturage bo mu Mudugudu wa Kanyukiro, Akagari ka Basa mu Murenge wa Rugerero, bagize ibyago nyuma y’aho inkuba ikubise inka ebyiri mu mvura yagwaga...
Mu kiganiro cyahuje urubyiruko rwo mu Ntara y’Iburengerazuba rwibumbiye mu Rugaga rw’Urubyiruko rushamikiye ku Muryango FPR-Inkotanyi, Umuyobozi wa Diviziyo ya Gatatu y’Ingabo z’u Rwanda,...
KIGALI, Gicurasi 14, 2026: Mu nama ya Africa CEO Forum 2026, Perezida Bola Ahmed Tinubu wa Nigeria na Perezida Brice Clotaire Oligui Nguema wa...
Mu rubanza ruregwamo umunyamakuru Ndahiro Valens Papy, Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge kumuhanisha igifungo cy’imyaka itanu ndetse n’ihazabu ya miliyoni 1.2 Frw, bumushinja...
Mu nama ya Africa CEO Forum 2026 iri kubera i Kigali, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iterambere (Rwanda Development Board), Jean Guy Afrika, yavuze ko...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko igihe kigeze kugira ngo Afurika ireke gukomeza gutegereza ibisubizo biturutse hanze, ahubwo igatangira kubyaza umusaruro...
Abakuru b’ibihugu batandukanye muri Afurika bakomeje kugera mu Rwanda aho biteganyijwe ko bitabira inama mpuzamahanga ya Africa CEO Forum 2026, igiye kubera muri Kigali...