ibiiza
Mu Karere ka Kayonza, cyane cyane mu Murenge wa Ndego, imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki...
Hi, what are you looking for?
Mu Karere ka Kayonza, cyane cyane mu Murenge wa Ndego, imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki...
Tariki ya 18 Werurwe uyu mwaka mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyanza hateraniye Inama y’Ubujyanama ku Rwego rw’Intara y’Amajyepfo kubufatanye na World Vision...
Akagari ka Nzove kari mu Murenge wa Kanyinya, mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Ni kamwe mu duce dukunze kuvugwaho imiterere idasanzwe...
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Doja Cat, yakoze igitaramo gikomeye cyabereye muri BK Arena, aho cyitabiriwe n’abantu benshi,...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, Confederation of African Football (CAF), yafashe icyemezo gikomeye cyo kwambura Senegal igikombe cya Africa yari yaregukanye mu mukino wa...
Kuribwa umutwe ni ikibazo gikunze kubaho ku bantu benshi, haba ku bakuru cyangwa ku bato. Hari igihe umuntu abyuka akumva umutwe umuremereye cyangwa ukamurya...
Bamwe mu bagenzi batega abamotari mu bice bitandukanye by’igihugu bavuga ko babangamiwe n’umwanda ukabije abamotari bafite batibagiwe n’amamoto yabo ariko bakabura uko babigenza kuko...
Amakuru aturuka muri Israel avuga ko umwe mu bayobozi bakomeye mu by’umutekano muri Iran, Ali Larijani, ashobora kuba yiciwe mu gitero, nk’uko byatangajwe na...
Intambara ikomeje guhuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel na Iran imaze ibyumweru bibiri n’igice itangiye, kuko yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026. Muri...
Ku Isi hose usanga abantu bafite imico itandukanye mu mibereho ya buri munsi, harimo n’uburyo bafata ibijyanye no kurya. Hari aho gusigaza ibiryo ku...
Mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka Karama mu Murenge wa Ruhashya, mu Karere ka Huye, habaye imvururu ubwo abayobozi b’inzego z’ibanze bari bagiye gukora...
U Rwanda rwashyizeho politiki nshya yorohereza ingendo ku Banyafurika bose, aho abaturage b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) bemerewe kwinjira mu gihugu bidasabye visa....
Umugabo witwa Shoji Morimoto w’imyaka 40 y’amavuko wo mu Buyapani, mu 2018 yatangije umushinga wo kumukodesha kugira ngo mwirirwane ariko nta kindi kintu umwitezeho....
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kabiri ku mugabane wa Afurika mu bihugu bifite abaturage benshi bafite ubumenyi mu by’ikoranabuhanga, rukurikira Botswana iri ku mwanya...
Abaturage batuye mu Kagari ka Gatega mu Murenge wa Hindiro, Akarere ka Ngororero, baravuga ko amaterasi bubakiwe n’umushinga ARCOS yagize uruhare rufatika mu kongera...