Hanze
Ubutegetsi bwa Iran bwongeye gutanga umuburo ukomeye ku ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, buvuga ko zizibasirwa mu gihe zagerageza kwegera cyangwa kwinjira...
Hi, what are you looking for?
Ubutegetsi bwa Iran bwongeye gutanga umuburo ukomeye ku ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, buvuga ko zizibasirwa mu gihe zagerageza kwegera cyangwa kwinjira...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye mugenzi we wa Tanzania, Dr. Samia Suluhu Hassan, ku buryo yamwakiriye mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasesekaye mu mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzania mu ruzinduko rw’akazi ruteganyijwe kumara umunsi umwe, rugamije...
Mu gihe Kiliziya Gatolika ku Isi ikomeje guhura n’ikibazo cy’igabanuka ry’abakirisitu, cyane cyane urubyiruko, hari gukorwa ibiganiro bigamije gushaka ibisubizo bishya byafasha kongera kubegereza...
Abunganira abantu mu by’amategeko bazwi nk’abavoka, basoje amahugurwa y’iminsi itatu yari agamije kubongerera ubumenyi ku gukemura amakimbirane mu bwumvikane, hirindwa ko agera mu nkiko...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganyijwe kugirira uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Tanzania ku Cyumweru, tariki ya 3 Gicurasi 2026, ruzamara umunsi...
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira, yagiriye uruzinduko mu Karere ka Nyabihu ku musozi wa Gisuma uherereye mu Murenge wa Shyira, aho...
U Rwanda rugeze kure imyiteguro yo kwakira inama Mpuzamahanga ihuza Intumwa Nkuru za Leta n’izindi nzego zikora mu bijyanye n’amategeko n’ubutabera, izwi nka PACT...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu kwezi kwa Gicurasi 2026 imvura izagabanuka ugereranyije n’iyaguye mu kwezi kwabanje kwa Mata, ndetse no...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kwibasira Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, amusaba kwita ku bibazo byihutirwa byugarije igihugu cye...
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyahariwe abahoze ari abakozi ba Minisiteri zari zizwi nka MININTER, MINIFOP na MINITRASO...
Madamu wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Jeannette Kagame, yongeye kwibutsa urubyiruko ko rufite uruhare rukomeye mu kurinda ukuri no gusigasira amateka y’igihugu, ashimangira...
Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga cyongeye kuzamuka ku kigero kigaragara, aho akagunguru kamaze kurenga amadolari 126 nyuma yo kuzamukaho 7%, ibintu bitari...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya kugirira uruzinduko rw’akazi muri Botswana nk’uko byemejwe n’ibiro by’Umukuru w’iki gihugu. Amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bwa Botswana...
Kuwa 29 Mata 2026, abanyamakuru bitabiriye amahugurwa ku ngaruka zituruka ku ikoreshwa rya mercury no ku micungire inoze y’imyanda, yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera...