Politiki
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika idakeneye ibisubizo bikomeye cyangwa bigoye kugira ngo igere ku iterambere rirambye, ahubwo ko hakenewe...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika idakeneye ibisubizo bikomeye cyangwa bigoye kugira ngo igere ku iterambere rirambye, ahubwo ko hakenewe...
Mu rwego rwo guhangana n’indwara ya malariya ikomeje kugaragara mu bice bitandukanye by’igihugu, u Rwanda rwashyizeho uburyo bushya bwo kuyivura hifashishijwe imiti itandukanye, mu...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje gahunda nshya igamije koroshya ingendo z’abaturage, aho hagiye gushyirwaho ahantu hihariye ho gusiga imodoka ku bazaba bashaka gukomeza urugendo...
Amakipe abiri yo muri Sudani akina muri Shampiyona y’u Rwanda, Al Hilal SC na Al Merrikh SC, yagaragaye ku rutonde rw’amakipe 50 yitwaye neza...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye itsinda ry’abashoramari baturutse mu mahanga bayobowe na Xu Hui, Umuyobozi wa Rich Resource International Investments (RRII)...
Mu rwego rwo guteza imbere ubwikorezi burengera ibidukikije no kugabanya ikoreshwa ry’ibikomoka kuri peteroli, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukaza ingamba zo kwimakaza...
Mu gihe ubucucike bw’imodoka bukomeje kwiyongera mu Mujyi wa Kigali, ubuyobozi bw’uyu mujyi bwashyizeho ingamba nshya zigamije kunoza imigendekere y’ibinyabiziga no koroshya ingendo z’abakoresha...
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kurwanya indwara ya malariya, ubuyobozi bwibukije abaturage ko kwirinda ari bwo buryo bwizewe bwo kuyirinda, bushimangira...
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu guhashya indwara ya malariya, abaturage n’inzego z’ubuzima barahamya ko ingamba zirimo gutera imiti yica imibu mu...
Imibare mishya yashyizwe ahagaragara n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu igaragaza ko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hakomeje kugaragara izamuka rikabije ry’abakatirwa igihano...
Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) rwatangaje ko rwasabye sosiyete itanga serivisi za internet ya Canalbox gutanga ibisobanuro byihuse ku bibazo bimaze iminsi bigaragara mu...
Uruganda rukomeye ku Isi mu gukora udukingirizo, Karex Bhd, rwatangaje ko rugiye kongera ibiciro by’ibicuruzwa byarwo, bitewe n’izamuka ry’ibiciro ku rwego mpuzamahanga rishingiye ku...
Abajyanama b’ubuzima ni bamwe mu bakora byinshi kugira ngo bafashe abantu bingeri zose kugira ubuzima bwiza binyuze mu kubagira inama ndetse no kubavura indwara...
Guverineri wa Banki Nkuru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), André Wameso, yatangaje gahunda nshya igamije guhindura imikoreshereze y’ifaranga muri icyo gihugu, aho...
Perezida wa Brazil, Luiz Inácio Lula da Silva, yagaragaje kutishimira icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kijyanye no kubuza...