Rwanda
Mu gihe u Rwanda rwari mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe u Rwanda rwari mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko...
Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, Rwanda Utilities Regulatory Authority (RURA), rwatangaje ko guhera kuri uyu wa 17 Mata 2026 saa kumi n’ebyiri za mu gitondo...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara ibiciro by’amatike ku mukino utegerejwe cyane uzayihuza na APR FC, uteganyijwe muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu...
Umunyapolitiki uzwiho kuvuga ntagutinya wo muri Afurika y’Epfo, Julius Malema, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamywa n’urukiko icyaha cyo gutunga imbunda mu buryo...
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV, yagaragaje impungenge ku cyerekezo cy’isi muri iki gihe, aho yavuze ko ibikorwa by’abayobozi bamwe...
Ihuriro AFC/M23 rihanganye n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo riri mu myiteguro yo kwinjizwa mu rwego mpuzamahanga ruzakurikirana iyubahirizwa ry’agahenge mu Burasirazuba bw’icyo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira ahagaragara ifoto ikozwe hifashishijwe ikoranabuhanga ry’ubwenge...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, National Institute of Statistics of Rwanda, cyatangaje ko igihembwe cy’ihinga cya 2026 A cyaranzwe n’izamuka ry’umusaruro w’ibihingwa byinshi by’ingenzi,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ibyishimo ku makipe afatanyije na gahunda ya Visit Rwanda akomeje kwitwara neza mu mikino ya UEFA...
Imikino yo kwishyura ya 1/4 cya UEFA Champions League yasojwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mata 2026, aho umukino wari utegerejwe na...
Umugabo witwa Ibrahimu Almas, w’imyaka 36, wari utuye mu Mudugudu wa Kigombe mu Mujyi wa Tabora muri Tanzania, yasanzwe yapfuye nyuma yo kugabwaho igitero...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bufatanye n’Ikigega mpuzamahanga The Global Fund, bakomeje kongera imbaraga mu guhangana n’indwara z’icyorezo zirimo Sida, igituntu na malariya,...
Kaminuza nshya ya Gisirikare y’u Rwanda, National Defence University of Rwanda, yamaze gushyirwaho ku mugaragaro, aho byemejwe ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi, Rwanda Agriculture and Animal Resources Development Board (RAB), cyatangaje ko cyafashe icyemezo cyo gushyira mu kato uturere...
Buri mwaka ku itariki ya 14 Mata, mu Karere ka Musanze hategurwa umugoroba w’ikiriyo wo kwibuka Abatutsi biciwe ahahoze Cour d’Appel ya Ruhengeri mu...