Rwanda
Uyu munsi mu karere Gatsibo ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, habereye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wi 1994 ku nshuro...
Hi, what are you looking for?
Uyu munsi mu karere Gatsibo ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, habereye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wi 1994 ku nshuro...
Mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye muri Hongiriya, Ambasaderi w’u Rwanda, Marguerite Françoise Nyagahura, yagaragaje ko urubyiruko ari...
Perezida Ismail Omar Guelleh yongeye gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Djibouti ku majwi angana na 97,81%, mu matora aheruka muri icyo gihugu, yabaye ku...
Mu Rwanda, imibare mishya igaragaza ko abantu bagana serivisi z’ubuvuzi bw’indwara zo mu mutwe bakomeje kwiyongera, ibintu byerekana ko iki kibazo kiri gufata indi...
Mu Karere ka Ngoma, mu Murenge wa Karembo, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho ubuhamya bwatanzwe...
Ubushakashatsi bushya ku myitwarire y’inguge bwashyize ahagaragara uko amacakubiri ashobora gutangira buhoro buhoro, akazavamo amakimbirane akomeye ndetse n’urugomo, ibintu bishobora no gufasha gusobanukirwa intambara...
Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), harategurwa indi gahunda y’ibiganiro igamije gushaka igisubizo kirambye ku makimbirane...
Mu gihe ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bikomeje hirya no hino mu gihugu, abayobozi mu nzego zitandukanye...
Mu gihugu cya Uganda, ku wa 10 Mata 2026 habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho hibanzwe...
Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva, yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside...
Leta ya Michigan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe icyemezo cy’ingenzi cyo kwemera ku mugaragaro tariki ya 7 Mata nk’umunsi wo kwibuka Jenoside...
Abanyarwanda batuye mu Butaliyani bafatanyije n’inshuti zabo ndetse n’abahagarariye inzego zitandukanye, bateraniye mu murwa mukuru Rome ku wa 7 Mata 2026 mu gikorwa cyo...
Umujyi wa Kigali witegura kwakira inama mpuzamahanga ya Africa CEO Forum 2026, izaba ku itariki ya 14 na 15 Gicurasi, ikazahuza abarenga 2,000 barimo...
Inzego z’ibanze zikorera mu Karere ka Karongi ku bufatanye n’inzego z’umutekano, zataye muri yombi umugabo witwa Murakaza Valens, ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean Damascène Bizimana, yagiranye ibiganiro na Gen. Babacar Faye, umwe mu bahoze mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda...