Kwibuka
Mu gihe ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi bikomeje hirya no hino mu gihugu, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK)...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi bikomeje hirya no hino mu gihugu, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK)...
Pope Leo XIV yagiranye ibiganiro byihariye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa America, Marco Rubio, mu nama yabereye mu Ngoro ya Vatican Apostolic Palace kuri...
Abapolisi 160 b’u Rwanda bari mu itsinda RWAFPU1-10 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bambitswe imidali y’ishimwe kubera...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Botswana, Duma Boko, mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri iki gihugu ku wa...
Ikipe ya Al Hilal SC yakomeje kwerekana ko ishaka kurangiza shampiyona iri ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 4-0 mu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje urupfu rwa Karasira Aimable Uzaramba, wavugwaho kuba yitabye Imana nyuma yo kunywa imiti myinshi kurenza urugero yari asanzwe afata...
Ikipe ya AS Muhanga yabonye intsinzi y’ingenzi imbere ya Rayon Sports nyuma yo kuyitsinda igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 30 wa Shampiyona y’u...
Ikipe ya Paris Saint-Germain yongeye kwerekana urwego rwayo ku mugabane w’u Burayi nyuma yo kubona itike ya nyuma ya UEFA Champions League, ikuyemo Bayern...
Urwego rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane bakekwaho kunyereza umutungo wa Leta mu ishuri ry’imyuga rya Rubengera II TSS...
Urwego rw’Urwego rw’Umuvunyi rwasabye ibigo bya Leta kongera imbaraga mu gukumira no kurwanya ruswa, rubasaba no kurushaho gusobanukirwa imiterere yayo yose kugira ngo bayirinde...
Raporo nshya ikorwa n’Urwego rw’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2025 igaragaza ko nubwo imicungire y’imari ya Leta irushaho kunozwa uko imyaka ishira...
Ikipe ya Arsenal FC yongeye kwinjira mu mateka yayo, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ku nshuro ya kabiri,...
Leta y’u Bwongereza yatangaje ingamba nshya zigamije gutabara urwego rw’utubari n’ahakirirwa abashyitsi, ruri mu bibazo bikomeye byatewe n’izamuka ry’ibiciro n’imisoro. Muri izo ngamba harimo...
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda bwatangaje ko hari intambwe imaze guterwa mu guhuza ireme ry’uburezi n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, aho bamwe mu banyeshuri barangiza...
Urukiko rwa Masaka muri Uganda rwafashe icyemezo ku Banyarwanda babiri bari bakurikiranweho icyaha cyo kuyobya abaturage, rubahamya gutangaza amakuru atari yo ku ndwara ya...