Hanze
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kwibasira Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, amusaba kwita ku bibazo byihutirwa byugarije igihugu cye...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kwibasira Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, amusaba kwita ku bibazo byihutirwa byugarije igihugu cye...
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyahariwe abahoze ari abakozi ba Minisiteri zari zizwi nka MININTER, MINIFOP na MINITRASO...
Madamu wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Jeannette Kagame, yongeye kwibutsa urubyiruko ko rufite uruhare rukomeye mu kurinda ukuri no gusigasira amateka y’igihugu, ashimangira...
Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga cyongeye kuzamuka ku kigero kigaragara, aho akagunguru kamaze kurenga amadolari 126 nyuma yo kuzamukaho 7%, ibintu bitari...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya kugirira uruzinduko rw’akazi muri Botswana nk’uko byemejwe n’ibiro by’Umukuru w’iki gihugu. Amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bwa Botswana...
Kuwa 29 Mata 2026, abanyamakuru bitabiriye amahugurwa ku ngaruka zituruka ku ikoreshwa rya mercury no ku micungire inoze y’imyanda, yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera...
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko u Rwanda ruri kureba uburyo hashyirwaho itegeko rigabanya ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga ku bana bato, by’umwihariko abatarengeje...
Abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, by’umwihariko abatuye mu mujyi wa Austin muri Texas, bifatanyije n’abandi baturutse mu mijyi irimo Dallas, Houston...
Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye intsinzi ikomeye imbere ya FC Bayern Munich mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League, itsinze ibitego...
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yahamagariye Abanyarwanda kwitabira ku bwinshi imikino iteganyijwe kuri uyu wa Gatatu, aho amakipe y’u Rwanda azaba ahatanira itike yo...
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Christine Nkulikiyinka, yongeye gushimangira ko guteza imbere ubuzima bwiza n’umutekano ku kazi ari inkingi ikomeye mu kuzamura umusaruro w’abakozi...
Icyumweru gishize, inkuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yateje impaka nyinshi nyuma y’aho Papa wa mbere w’Umunyamerika, Pope Leo XIV agaragaje icyubahiro kidasnzwe ubwo yasuraga...
Mu bice byinshi by’icyaro mu Rwanda, ikibazo cy’amazi meza cyari kimaze igihe kiremereye cyane cyane mu bigo nderabuzima, aho kubura amazi cyangwa kuyabona adafite...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyize ahagaragara gahunda nshya igamije kugabanya ubwinshi bw’imodoka zitwara abanyeshuri, cyane cyane iz’ababyeyi zikomeje guteza umubyigano mu mihanda yo mu...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje gutumbagira ku rwego mpuzamahanga, u Rwanda rurimo gushyira imbaraga mu ngamba zigamije kugabanya ikoreshwa ryabyo no kurengera...