Rwanda
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko u Rwanda ruri kureba uburyo hashyirwaho itegeko rigabanya ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga ku bana bato, by’umwihariko abatarengeje...
Hi, what are you looking for?
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko u Rwanda ruri kureba uburyo hashyirwaho itegeko rigabanya ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga ku bana bato, by’umwihariko abatarengeje...
Abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, by’umwihariko abatuye mu mujyi wa Austin muri Texas, bifatanyije n’abandi baturutse mu mijyi irimo Dallas, Houston...
Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye intsinzi ikomeye imbere ya FC Bayern Munich mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League, itsinze ibitego...
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yahamagariye Abanyarwanda kwitabira ku bwinshi imikino iteganyijwe kuri uyu wa Gatatu, aho amakipe y’u Rwanda azaba ahatanira itike yo...
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Christine Nkulikiyinka, yongeye gushimangira ko guteza imbere ubuzima bwiza n’umutekano ku kazi ari inkingi ikomeye mu kuzamura umusaruro w’abakozi...
Icyumweru gishize, inkuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yateje impaka nyinshi nyuma y’aho Papa wa mbere w’Umunyamerika, Pope Leo XIV agaragaje icyubahiro kidasnzwe ubwo yasuraga...
Mu bice byinshi by’icyaro mu Rwanda, ikibazo cy’amazi meza cyari kimaze igihe kiremereye cyane cyane mu bigo nderabuzima, aho kubura amazi cyangwa kuyabona adafite...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyize ahagaragara gahunda nshya igamije kugabanya ubwinshi bw’imodoka zitwara abanyeshuri, cyane cyane iz’ababyeyi zikomeje guteza umubyigano mu mihanda yo mu...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje gutumbagira ku rwego mpuzamahanga, u Rwanda rurimo gushyira imbaraga mu ngamba zigamije kugabanya ikoreshwa ryabyo no kurengera...
Ku wa 26 Mata 2026, mu Karere ka Ruhango, ku Rwibutso rwa Kinazi, habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC, yongeye gukangurira Abanyarwanda guhindura imikoreshereze y’ibicanwa, barushaho kubikoresha neza no kugabanya inshuro bateka ku munsi aho bishoboka, mu rwego rwo...
Minisitiri w’Ingabo wa Mali, Sadio Camara, yishwe n’igisasu cyatezwe mu modoka hafi y’urugo rwe ruri mu gace kegereye umurwa mukuru Bamako, mu gihe igihugu...
Mu Karere ka Kamonyi District, abaturage bifatanyije n’abayobozi mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyabereye mu Murenge...
Buri mwaka tariki 25 Mata, u Rwanda rwifatanya n’Isi mu munsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya malariya. Uyu mwaka insanganya matsiko iragira iti: “Kurandura malariya bihera...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Gicumbi mu gikorwa cy’Umuganda usoza ukwezi kwa Mata 2026, cyibanze ku bikorwa biteza...