Hanze
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yasesekaye muri Koreya ya Ruguru mu ruzinduko rwitezweho gushimangira umubano hagati y’ibihugu byombi no kuganira ku bibazo bikomeje kwibasira akarere....
Hi, what are you looking for?
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yasesekaye muri Koreya ya Ruguru mu ruzinduko rwitezweho gushimangira umubano hagati y’ibihugu byombi no kuganira ku bibazo bikomeje kwibasira akarere....
Mu gihe hakomeje ibiganiro ku bijyanye n’umushahara fatizo mu Rwanda, Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko Leta iri gukurikirana iki kibazo ariko igashimangira...
Papa Leo XIV yakoreye uruzinduko mu kigo cy’imibereho myiza kiyoborwa n’umuryango wa Caritas kiri mu gace gakennye ka Lucero mu murwa mukuru wa Espagne,...
Indwara z’umutima n’izindi ndwara zidakira zishobora kwiyongera cyane ku bantu bapfakaye, cyane cyane abagabo, nyuma y’urupfu rw’uwo bashakanye. Ibi ni ibyagarutsweho n’ubushakashatsi butandukanye bugaragaza...
Rwanda has staked its environmental future on a plan of historic proportions. Officials from the Rwanda Environment Management Authority (REMA) convened diplomats, development partners,...
Every year on June 5, the world marks World Environment Day, a global event established by the United Nations in 1972 to raise awareness...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano usanzwe uhuza u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gukomera,...
Umutekano wongeye kuzamba mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishiu, nyuma y’iminsi ibiri yikurikiranya humvikana urusaku rw’amasasu n’iturika ry’ibisasu hagati y’inzego z’umutekano za Leta n’abatavuga...
Rwanda has officially inaugurated a state of the art weather observation station designed to collect and analyze atmospheric data at high altitudes, a development...
Hari abanyeshuri biga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Mushirarungu ruherereye mu Murenge wa Rwabicuma, Akarere ka Nyanza, bavuga ko bahura n’ibihano birimo gukubitwa no kwirukanwa...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangiye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Burusiya aho yagiranye ibiganiro na Perezida Vladimir Putin, mu rugendo rufatwa nk’intambwe ikomeye...
Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yatoye ibihugu bitanu bizinjira mu Kanama k’Umutekano ka Loni nk’abanyamuryango badahoraho, mu gihe cya manda y’imyaka ibiri izatangira ku...
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko rukomeje gahunda yo gusimbuza abayobozi b’ibigo by’amashuri batagaragaje ubushobozi buhagije mu micungire n’imiyoborere y’amashuri, aho...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko buri gushaka uburyo inyubako z’amasoko ya kijyambere zimaze igihe zidakoreshwa neza zakwifashishwa mu bindi bikorwa bibyara umusaruro, harimo...
Nubwo u Rwanda rukomeje gushora imari no gushyira imbaraga mu bikorwa byo guhangana n’imihindagurikire y’ikirere, raporo nshya zashyizwe ahagaragara zigaragaza ko ingaruka zayo zikomeje...