Health
Uruganda rukora imiti n’inkingo rwa Pfizer rwatangaje ko amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urukingo rwa Covid-19 rwakozwe ku bufatanye na...
Hi, what are you looking for?
Uruganda rukora imiti n’inkingo rwa Pfizer rwatangaje ko amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urukingo rwa Covid-19 rwakozwe ku bufatanye na...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko kiri gukurikiranira hafi indwara ya Hantavirus nyuma y’uko hagaragaye ibibazo byayo mu bihugu bitandukanye ku Isi, gishimangira...
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda, Christine Nkulikiyinka, yakiriwe na Perezida w’ibirwa wa Comoros, Azali Assoumani, mu ruzinduko rw’akazi rugamije gukomeza guteza imbere...
Diyosezi Gatolika ya Kabgayi yasoreje Icyumweru cy’Uburezi Gatolika mu birori byagarutse cyane ku kamaro ko guha abana uburezi bufite ireme, bujyanye no kubatoza indangagaciro...
Umwarimu wigisha ku ishuri rya GS Gatagara riherereye mu Karere ka Nyabihu yajyanye ikirego mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), asaba kurenganurwa nyuma yo kuvuga...
Rwanda rwatoranyijwe mu kugira uruhare rukomeye mu nama ya Afurika yiga ku iterambere n’ishoramari, Africa Forward Summit, aho ruzayobora ibiganiro byibanda ku guteza imbere...
Polisi yo mu Ntara y’Iburasirazuba bwa Zambia yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu batatu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umusifuzi Donald Tonga wari...
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko iri gutegura uburyo bwo kongera serivisi z’ingendo rusange, hashyirwaho bisi nto zizajya zinjira mu duce dutuwemo n’abaturage kugira ngo barusheho...
Umunyamakuru ukorera Energy Radio mu Karere ka Musanze, Ineza Leontine, yasezeranyijwe n’umukunzi we ABAYISENGA Shalom kuzamukunda iteka, maze amwambika impeta y’urudashira, nyuma y’urugendo rw’urukundo...
Mu gihe ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi bikomeje hirya no hino mu gihugu, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK)...
Pope Leo XIV yagiranye ibiganiro byihariye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa America, Marco Rubio, mu nama yabereye mu Ngoro ya Vatican Apostolic Palace kuri...
Abapolisi 160 b’u Rwanda bari mu itsinda RWAFPU1-10 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bambitswe imidali y’ishimwe kubera...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Botswana, Duma Boko, mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri iki gihugu ku wa...
Ikipe ya Al Hilal SC yakomeje kwerekana ko ishaka kurangiza shampiyona iri ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 4-0 mu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje urupfu rwa Karasira Aimable Uzaramba, wavugwaho kuba yitabye Imana nyuma yo kunywa imiti myinshi kurenza urugero yari asanzwe afata...