Rwanda
Mu gihe ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bikomeje hirya no hino mu gihugu, abayobozi mu nzego zitandukanye...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bikomeje hirya no hino mu gihugu, abayobozi mu nzego zitandukanye...
Mu gihugu cya Uganda, ku wa 10 Mata 2026 habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho hibanzwe...
Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva, yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside...
Leta ya Michigan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe icyemezo cy’ingenzi cyo kwemera ku mugaragaro tariki ya 7 Mata nk’umunsi wo kwibuka Jenoside...
Abanyarwanda batuye mu Butaliyani bafatanyije n’inshuti zabo ndetse n’abahagarariye inzego zitandukanye, bateraniye mu murwa mukuru Rome ku wa 7 Mata 2026 mu gikorwa cyo...
Umujyi wa Kigali witegura kwakira inama mpuzamahanga ya Africa CEO Forum 2026, izaba ku itariki ya 14 na 15 Gicurasi, ikazahuza abarenga 2,000 barimo...
Inzego z’ibanze zikorera mu Karere ka Karongi ku bufatanye n’inzego z’umutekano, zataye muri yombi umugabo witwa Murakaza Valens, ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean Damascène Bizimana, yagiranye ibiganiro na Gen. Babacar Faye, umwe mu bahoze mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda...
Igihugu cya Kenya n’Ubufaransa barateganya gushyiraho amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare, mu gihe hari imyigaragambyo yo kwanga ibikorwa by’Ubufaransa muri Sahel y’Afurika y’Uburengerazuba. Nk’uko...
Mu gihe agahenge k’iminsi 14 hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran kageze ku munsi wa kabiri, ibikorwa bya gisirikare bya Israel...
Madamu Jeannette Kagame yongeye kwibutsa Abanyarwanda ko Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ari inshingano ya buri wese, ashimangira ko ari igikorwa kidakwiye gusuzugurwa...
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bari mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wi 1994, Leta Zunze...
Amerika na Iran byageze ku masezerano y’agahenge k’igihe gito k’ibyumweru bibiri, agamije kugabanya umwuka mubi wari umaze igihe hagati y’impande zombi, ndetse no gutanga...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kugaragaza ko zishyize imbere ubufatanye mu gushakisha no kugeza imbere y’ubutabera abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibi...
Perezida Paul Kagame ubwo yari mu muhango wo gutangiza Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka...