Health
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kurwanya indwara ya malariya, ubuyobozi bwibukije abaturage ko kwirinda ari bwo buryo bwizewe bwo kuyirinda, bushimangira...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kurwanya indwara ya malariya, ubuyobozi bwibukije abaturage ko kwirinda ari bwo buryo bwizewe bwo kuyirinda, bushimangira...
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu guhashya indwara ya malariya, abaturage n’inzego z’ubuzima barahamya ko ingamba zirimo gutera imiti yica imibu mu...
Imibare mishya yashyizwe ahagaragara n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu igaragaza ko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hakomeje kugaragara izamuka rikabije ry’abakatirwa igihano...
Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) rwatangaje ko rwasabye sosiyete itanga serivisi za internet ya Canalbox gutanga ibisobanuro byihuse ku bibazo bimaze iminsi bigaragara mu...
Uruganda rukomeye ku Isi mu gukora udukingirizo, Karex Bhd, rwatangaje ko rugiye kongera ibiciro by’ibicuruzwa byarwo, bitewe n’izamuka ry’ibiciro ku rwego mpuzamahanga rishingiye ku...
Abajyanama b’ubuzima ni bamwe mu bakora byinshi kugira ngo bafashe abantu bingeri zose kugira ubuzima bwiza binyuze mu kubagira inama ndetse no kubavura indwara...
Guverineri wa Banki Nkuru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), André Wameso, yatangaje gahunda nshya igamije guhindura imikoreshereze y’ifaranga muri icyo gihugu, aho...
Perezida wa Brazil, Luiz Inácio Lula da Silva, yagaragaje kutishimira icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kijyanye no kubuza...
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko ryamaze gushyira ku mugaragaro urubuga rwa internet rushya, ruzajya rufasha abakunzi b’uyu mukino n’abafatanyabikorwa kubona...
Buri mwaka tariki 25 Mata u Rwanda n’Isi byifatanya mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya Malariya. Ni muri urwo rwego Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima...
Gasigwa Léopold ni umwe mu Banyarwanda bagize uruhare rukomeye mu kwandika, gukora ubushakashatsi no gutunganya filime zishingiye ku mateka, cyane cyane agaruka kuri Jenoside...
Abayobozi bakuru mu nzego za Leta baturutse mu Rwanda no muri Uganda bongeye gushimangira ubushake bwo kurushaho guteza imbere ubucuruzi, ishoramari n’ikorwa ry’iyubakwa ry’akarere...
Kuri uyu wa Mbere, abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye hirya no hino mu gihugu bongeye gusubira ku ntebe z’ishuri, batangira igihembwe cya gatatu...
Abanyarwanda batanu bize ibijyanye n’ubwenge buhangano (AI) mu mashuri makuru yo ku mugabane w’u Burayi no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batangije urubuga...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko yatangiye igikorwa cyihariye cyo kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ibiciro by’ibicuruzwa ku masoko atandukanye mu gihugu, mu rwego rwo guhangana...