Ikoranabuhanga
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yasabye ababyeyi n’abaturage muri rusange kugira uruhare mu kurinda abana bari munsi y’imyaka 18 gukoresha imbuga nkoranyambaga, avuga...
Hi, what are you looking for?
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yasabye ababyeyi n’abaturage muri rusange kugira uruhare mu kurinda abana bari munsi y’imyaka 18 gukoresha imbuga nkoranyambaga, avuga...
Jorge Messi, se wa Lionel Messi akaba n’umuntu wamubaye hafi cyane kuva mu ntangiriro z’urugendo rwe mu mupira w’amaguru, yitabye Imana afite imyaka 68,...
Rayon Sports yongeye kwandika amateka muri ruhago yo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba nyuma yo kwegukana igikombe cya 2026 CECAFA Kagame Cup, itsinze Gor...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yasabye Abanyarwanda gukomeza kubungabunga indangagaciro z’umuco Nyarwanda zigaragazwa n’Umuganura, zirimo gukunda igihugu, gukorana umurava, ubupfura,...
Abana barenga 500 bahagarariye bagenzi babo ku rwego rw’Umurenge, Akarere, Intara n’Umujyi wa Kigali bitabiriye Inama y’Igihugu y’Abana, bagaragarizamo inzego zitandukanye ibibazo bikibangamiye uburenganzira...
Mu gihe Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umunsi w’Umuganura ku wa 7 Kanama 2026, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) irasaba abaturage gukomeza kwimakaza indangagaciro zubaka...
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Uwimana Consolée, yavuze ko abana bakwiye gukurana icyizere, bakiyubakira ejo hazaza binyuze mu kwiga bashyizeho umwete no kwiha intego...
Mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/2027, Leta y’u Rwanda yateganyije miliyari 2.7 Frw zo gufasha abantu bafite ubumuga bafite amikoro make, aho amafaranga azagera...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyahagaritse by’agateganyo kwinjiza, gukwirakwiza no gucuruza ubwoko 52 bw’ibinyobwa bisembuye, mu rwego rwo kurinda ubuzima...
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba bwatangaje ko abantu 108 bari mu nzego z’ibanze bamaze gufatirwa ibyemezo bitandukanye nyuma yo kugaragara ko bafite uruhare mu bikorwa bifitanye...
Uruganda Super Sharp Multi-Business LTD rukorera mu Karere ka Muhanga rwahagaritswe gukora nyuma y’igenzura ryakozwe n’inzego zitandukanye, zasanze hari inzoga zivugwa ko zitujuje ubuziranenge....
Mu rwego rwo guhangana n’ingaruka ziterwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge, ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo buvuga ko ibikorwa byo gufunga utubari twakoraga mu buryo bunyuranyije n’amategeko...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa abacuruzi n’abaturage ko inzoga zitujuje ubuziranenge zategetswe gukurwa ku isoko zidakwiriye guhishwa cyangwa kwimurirwa ahandi hagamijwe kuburizamo icyo...
Rayon Sports FC yongeye kugera ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup nyuma y’igihe kinini, ikoze amateka atari yarongera kubaho kuva mu...
Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) yasabye inzego z’ubutabera gutangira gukurikirana ibibazo by’imikoreshereze y’amafaranga ya Leta byagaragaye mu bigo bitandukanye,...