Ubutabera
Urukiko rw’Ikirenga rwafashe umwanzuro ku rubanza rwari rwarajyanywe imbere yarwo na Mironko François Xavier, wari wasabye ko harebwa niba ingingo ya 81 y’itegeko rigenga...
Hi, what are you looking for?
Urukiko rw’Ikirenga rwafashe umwanzuro ku rubanza rwari rwarajyanywe imbere yarwo na Mironko François Xavier, wari wasabye ko harebwa niba ingingo ya 81 y’itegeko rigenga...
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje amabwiriza yihariye azagenga ibikorwa by’ubucuruzi n’ubukerarugendo muri iyi mikino y’Igikombe cy’Isi. Aya mabwiriza agamije korohereza abanyarwanda...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yasabye abasirikare barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama...
Mu gihe isi ikomeje guhangana n’ikibazo cy’udukoko dutera indwara tutakigira ingaruka ku miti yabugenewe, u Rwanda rwafashe ingamba nshya zigamije kugabanya ubukana bw’iki kibazo...
Abakunzi ba sinema bafite amahitamo menshi muri iyi weekend, aho filime zitandukanye ziri mu zikomeje kuvugwa kubera inkuru zazo zitandukanye, kuva ku zishingiye ku...
Ikipe y’Igihugu ya Mexique yatangiranye intsinzi irushanwa ry’Igikombe cy’Isi cya 2026, nyuma yo gutsinda Afurika y’Epfo ibitego 2-0 mu mukino wabereye kuri Stade Azteca...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ingengo y’Imari y’umwaka wa 2026/2027 izakoreshwa mu bikorwa bitandukanye by’iterambere n’imikorere ya Leta, igera kuri miliyari 7.796,3 Frw. Iyi ngengo...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ibikorwa byo kwegera abaturage hagamijwe kubashishikariza kugira uruhare rufatika mu kubungabunga umutekano no gukumira ibyaha mbere...
Mu mpera z’iki cyumweru, abakunzi b’imyidagaduro bazaba bafite amahitamo menshi y’ibikorwa byo kwidagadura, haba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo, mu gihe abahanzi batandukanye...
Abanyamahanga umunani bigaga muri Kaminuza ya INES Ruhengeri mu Karere ka Musanze basubijwe mu bihugu bakomokamo nyuma yo kugaragara mu bikorwa by’urugomo byari bimaze...
Urukiko rw’Ikirenga rwatangaje amabwiriza mashya agena uko abitabira iburanisha ry’imanza bagomba kwitwara mu gihe urubanza ruburanishwa hifashishijwe ikoranabuhanga. Aya mabwiriza ashyizweho mu rwego rwo...
Hari abantu benshi bavuga ko gukira ibikomere by’urukundo bidaterwa gusa n’igihe mwamaranye, ahubwo ko rimwe na rimwe umuntu mutandukana mutarageza ku nzozi mwari mufite...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ibibazo bimaze imyaka myinshi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bidashobora...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko muri Gicurasi 2026 ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi bikomeje kuzamuka ku rwego rw’igihugu, aho byiyongereyeho 12,3% ugereranyije n’ukwezi kwa...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje gahunda nshya igamije kongera umusaruro w’isukari ikorerwa imbere mu gihugu, hagamijwe kugabanya amafaranga menshi igihugu gikoresha kiyitumiza mu mahanga no...