Ubuzima
Serivisi zo kwita ku barwayi ba Ebola mu Ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), zahungabanye nyuma y’aho abaganga...
Hi, what are you looking for?
Serivisi zo kwita ku barwayi ba Ebola mu Ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), zahungabanye nyuma y’aho abaganga...
Ikipe ya APR FC yatangiye nabi irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026 nyuma yo kunyagirwa na Gor Mahia yo muri Kenya ibitego 5-0, mu...
Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje gahunda y’igihugu yo kwimura ikoreshwa ry’imiyoboro y’itumanaho iva kuri 2G na 3G ikerekeza...
Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yavuze ko impinduka zirambye mu mibereho y’abaturage zitagerwaho binyuze ku bitangaza, ahubwo zishingira ku guha abantu amahirwe,...
Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yavuze ko kubaka igihugu gitera imbere bisaba gutangirira ku ntambwe nto ariko zihamye, asaba urubyiruko kubyaza umusaruro...
Imurikabikorwa ry’Ubuhinzi n’Ubworozi rya 2026 ryatangijwe ku Mulindi wa Kigali ryabaye urubuga rwo kwerekana udushya dutandukanye twitezweho guteza imbere uru rwego, harimo ikoranabuhanga rishya...
Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka mu Rwanda rwatangaje ko rwatangiye kubona ibimenyetso bigaragaza ko hari bamwe mu biyita abashumba cyangwa abihayimana bo mu madini n’amatorero...
Polisi y’u Rwanda yasoje amahugurwa y’ibyumweru bitandatu yahuguyemo abapolisi 209, agamije kubongerera ubumenyi mu bikorwa byo kurinda abanyacyubahiro, kurwanya iterabwoba, guhosha imyigaragambyo no kugarura...
Apôtre Dr. Paul Gitwaza, yavuze ko umuco w’abahungu bapfukamira abakobwa mu gihe babambika impeta yo kubasaba kuzabana nk’umugabo n’umugore udakwiye kuranga abakirisitu, kuko ngo...
Abofisiye baturutse mu mitwe itandukanye y’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bitabiriye amahugurwa agamije kurushaho kubongerera ubumenyi ku Mategeko Mpuzamahanga Agenga Intambara (International Humanitarian Law –...
Madamu Jeannette Kagame atangaza ko igihe kigeze ngo ubushakashatsi n’udushya dukorerwa mu rwego rw’ubuzima bihindurwe ibikorwa bifatika bifasha abaturage, cyane cyane mu kugabanya impfu...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bwagaragaje ko icyemezo cyo kwisiramuza ku bagabo gifitanye isano n’impamvu zitandukanye zirimo imyemerere ishingiye...
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gukoresha ikoranabuhanga rya Telemedicine rifashwa n’ubwenge buhangano (AI), rikaba ryitezweho koroshya ubufatanye hagati y’abaganga bo ku bitaro bitandukanye no kugabanya umubare...
Ibihugu bya Afurika byasabwe kongera ishoramari mu rwego rw’ubuzima, by’umwihariko mu gukora imiti n’inkingo imbere mu mugabane, mu rwego rwo kugabanya kwishingikiriza ku nkunga...
Umunyemari akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Gates Foundation, Bill Gates, yashimye intambwe u Rwanda rumaze gutera mu gukoresha ikoranabuhanga mu rwego rw’ubuzima, nyuma yo...