Ubuzima
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko umubare w’abagore babyara babazwe mu Rwanda wakomeje kwiyongera, ukagera kuri 24% mu 2025, bivuze ko hafi umubyeyi...
Hi, what are you looking for?
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko umubare w’abagore babyara babazwe mu Rwanda wakomeje kwiyongera, ukagera kuri 24% mu 2025, bivuze ko hafi umubyeyi...
Mu Murenge wa Kinigi, mu Karere ka Musanze, hatangiye ibikorwa byo kubaka umudugudu w’icyitegererezo uzwi nka ‘Smart Green Village’, uzatwara arenga miliyari 72 Frw,...
Abanyarwanda 406 bari bamaze imyaka itandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bageze mu Rwanda, nyuma yo gufata icyemezo cyo gusubira...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rudakwiye kureba iterambere ryarwo nk’ikintu cyihariye, ahubwo ko rugomba kujyana n’iterambere ry’ibindi bihugu byo mu karere no...
Tom Byabagamba wahoze ari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda, akaba yarigeze kuyobora umutwe ushinzwe kurinda Umukuru w’Igihugu, yapfiriye muri gereza nyuma yo kumaramo imyaka...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, AfDB, Dr. Sidi Ould Tah, baganira ku buryo ubufatanye hagati y’u Rwanda n’iyi...
Umuyobozi w’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere, African School of Governance (ASG), Francis Gatare, yavuze ko Afurika idakwiye gukomeza gutegereza ibisubizo biva hanze, ahubwo ko Abanyafurika bakwiye...
Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ifite ubushobozi n’umutungo bihagije kugira ngo igere ku iterambere yifuza, ariko ko imwe mu mbogamizi ikomeye ari ukudashyira...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Utumatwishima Abdallah, yasabye Abanyarwanda kongera imbaraga mu kubaka imiryango ikomeye no gushimangira uburezi bw’abana, avuga ko ari imwe mu nzira...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kurinda ubuzima bw’Abanyarwanda ari byo bigomba kuza imbere mu byemezo bifatwa ku binyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge, aho...
Mu gihe amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze ateganyijwe kongera kuba mu mezi ari imbere, abayobozi 27 bagize komite nyobozi z’uturere ntibazagaruka muri izi nshingano, nyuma...
Abantu bakora ubucuruzi butemewe buzwi nk’ubuzunguzayi bakomeje kugaragara mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, ndetse rimwe na rimwe hakaba havuka imirwano hagati yabo n’abashinzwe...
Ikigo Enveda gikora ubushakashatsi mu ikoranabuhanga ry’ubuzima cyatangaje ko hari ikinini kiri mu igeragezwa gishobora gufasha kugabanya inzara n’ubushake bwo kurya, mu buryo bwagereranywa...
Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC Group, cyasabye imbabazi abafatabuguzi bakomeje guhura n’ikibazo cy’ibura ry’amazi, cyane cyane muri iki gihe cy’impeshyi, gitangaza ko imishinga...
Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC, yasobanuye impamvu Uwamariya Leontine wabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, Tronc Commun, atagaragaye mu muhango...