Amakuru
Uruganda Super Sharp Multi-Business LTD rukorera mu Karere ka Muhanga rwahagaritswe gukora nyuma y’igenzura ryakozwe n’inzego zitandukanye, zasanze hari inzoga zivugwa ko zitujuje ubuziranenge....
Hi, what are you looking for?
Uruganda Super Sharp Multi-Business LTD rukorera mu Karere ka Muhanga rwahagaritswe gukora nyuma y’igenzura ryakozwe n’inzego zitandukanye, zasanze hari inzoga zivugwa ko zitujuje ubuziranenge....
Mu rwego rwo guhangana n’ingaruka ziterwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge, ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo buvuga ko ibikorwa byo gufunga utubari twakoraga mu buryo bunyuranyije n’amategeko...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa abacuruzi n’abaturage ko inzoga zitujuje ubuziranenge zategetswe gukurwa ku isoko zidakwiriye guhishwa cyangwa kwimurirwa ahandi hagamijwe kuburizamo icyo...
Rayon Sports FC yongeye kugera ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup nyuma y’igihe kinini, ikoze amateka atari yarongera kubaho kuva mu...
Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) yasabye inzego z’ubutabera gutangira gukurikirana ibibazo by’imikoreshereze y’amafaranga ya Leta byagaragaye mu bigo bitandukanye,...
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, hazaba umunsi w’ikiruhuko ku bakozi bose bo mu...
Mu Karere ka Muhanga havutse kutumvikana hagati y’ubuyobozi bw’Akarere n’uwashinze ishuri ryigenga rya St RITAH nyuma y’uko inyubako zaryo zisenywe, buri ruhande rugatanga impamvu...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imi (Rwanda FDA) cyatangaje ko hafashwe icyemezo cyo gufunga izindi nganda zikora ibinyobwa bisembuye no gutesha agaciro impushya zabyo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye kongera imbaraga mu guhangana n’abantu biyita abavuzi bavuga ko bashobora kuvura indwara zose, ndetse n’abamamaza cyangwa bacuruza imiti bavuga...
Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umunsi Mukuru w’Umuganura ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, aho ibikorwa by’uyu mwaka bizahurira ku butumwa bwo gukomeza kubaka...
Iperereza ry’ibanze ryakozwe ku mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu majyaruguru ya Algeria, yahitanye abantu 28, ryagaragaje ko umushoferi wari uyitwaye yari yakoresheje ibiyobyabwenge...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari abantu boherezwa na MONUSCO bavuga ko ari abahoze ari abarwanyi ba FDLR, nyamara igenzura rikorerwa ku Kigo cya...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibikorwa byo gukura ku isoko ibinyobwa bisindisha bitujuje ubuziranenge bikomeje, mu rwego rwo gukumira ingaruka bishobora guteza ku buzima...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyafashe icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’inganda umunani zikora ibinyobwa bisindisha, kinazambura impushya zo gukora nyuma y’ubugenzuzi...
Guhera mu mwaka w’amashuri utaha, ababyeyi bafite abana biga mu mashuri ya Leta bazatangira gutanga umusanzu mushya ugenewe ifunguro ry’abanyeshuri, nyuma y’aho Minisiteri y’Uburezi...