Ubuzima
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasabye ibyamamare byigeze kwamamaza inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nk’‘ibyuma’ gufatanya na Leta mu bukangurambaga bwo kuzihashya burundu, nyuma y’uko zigaragaje ingaruka...
Hi, what are you looking for?
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasabye ibyamamare byigeze kwamamaza inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nk’‘ibyuma’ gufatanya na Leta mu bukangurambaga bwo kuzihashya burundu, nyuma y’uko zigaragaje ingaruka...
Ihuriro ry’Imiryango y’Urubyiruko mu Rwanda (RYOF) ryashimye ingamba Leta y’u Rwanda ikomeje gufata mu kurinda urubyiruko no guteza imbere imibereho myiza yarwo, ariko risaba...
Ikigo cya Kenya gishinzwe ubuziranenge bw’ibicuruzwa, KEBS, cyatangaje ko inzoga eshanu zo muri Kenya zahagaritswe by’agateganyo ku isoko ry’u Rwanda, ariko zo ubwazo zujuje...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasabye ibihugu bya Afurika gushyira hamwe imbaraga no gushora imari mu ikoranabuhanga rya sisitemu zigenga,...
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda, RDHS 2025, bugaragaza ko 54% by’abagore batashyingiwe bafite hagati y’imyaka 15 na 49 bakoresha uburyo bwo kuboneza...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), aho akurikiranweho icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye. Amakuru...
Ikipe ya APR FC yamaze kumenyesha Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ko ititeguye kwitabira irushanwa rya Super Cup mu buryo bushya bwemejwe muri...
RDB yatangaje ko abana b’ingagi 22 ari bo bateganyijwe guhabwa amazina mu muhango wa Kwita Izina uzabera i Kinigi mu Karere ka Musanze ku...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibyaha n’imyitwarire y’urugomo bifitanye isano n’ubusinzi byagabanutse nyuma y’uko inzoga zitujuje ubuziranenge, zirimo izamenyekanye nka’ibyuma, zitangiye gukurwa ku isoko....
Urubyiruko 20 rwafatiwe mu birori bizwi nka house party mu Mujyi wa Kigali, ruri kunywa ibinyobwa bisembuye birimo inzoga zari zarakuwe ku isoko ry’u Rwanda....
Ikiguzi cy’ubuzima mu mijyi y’u Rwanda cyakomeje kuzamuka muri Nyakanga 2026, aho ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi byiyongereyeho 14.5% ugereranyije n’uko byari bihagaze muri Nyakanga...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye urubyiruko rwitabiriye Itorero Indangamirwa, icyiciro cya 16, kuzajya ruhitamo ibikwiye nubwo hari igihe bishobora kuba bigoye, kuko ari...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye urubyiruko rwitabiriye Itorero Indangamirwa gukoresha ubumenyi n’indangagaciro rwasigiwe n’iri torero, rukabishyira mu bikorwa aho ruzaba ruri hose, aho...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kurushaho gukurikirana ibikorwa bifatwa nk’imyitwarire idahwitse bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane kuri TikTok, ndetse no mu bitaramo...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu 80 bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gukora no gukwirakwiza ibinyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge,...