Ubuzima
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gukoresha ikoranabuhanga rya Telemedicine rifashwa n’ubwenge buhangano (AI), rikaba ryitezweho koroshya ubufatanye hagati y’abaganga bo ku bitaro bitandukanye no kugabanya umubare...
Hi, what are you looking for?
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gukoresha ikoranabuhanga rya Telemedicine rifashwa n’ubwenge buhangano (AI), rikaba ryitezweho koroshya ubufatanye hagati y’abaganga bo ku bitaro bitandukanye no kugabanya umubare...
Ibihugu bya Afurika byasabwe kongera ishoramari mu rwego rw’ubuzima, by’umwihariko mu gukora imiti n’inkingo imbere mu mugabane, mu rwego rwo kugabanya kwishingikiriza ku nkunga...
Umunyemari akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Gates Foundation, Bill Gates, yashimye intambwe u Rwanda rumaze gutera mu gukoresha ikoranabuhanga mu rwego rw’ubuzima, nyuma yo...
Kaminuza y’u Rwanda (UR) yegukanye igihembo cya miliyoni eshatu z’Amadolari ya Amerika (asaga miliyari enye z’Amafaranga y’u Rwanda), nyuma yo gushyirwa mu mashuri makuru...
Perezida Paul Kagame yakiriye Bill Gates, washinze akaba na Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya Gates Foundation, bagirana ibiganiro byibanze ku gushimangira ubufatanye bugamije guteza imbere...
Paul Dijoud, wahoze ayobora Ishami rishinzwe Afurika na Madagascar muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa hagati ya Werurwe 1991 na Kanama 1992, ni umwe...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ikomeje gutera intambwe ishimishije mu rugendo rwo kugera ku Ntego z’Iterambere Rirambye (SDGs), nubwo igaragaza ko hakiri icyuho cy’amikoro...
Nyuma y’uko Espagne yegukanye Igikombe cy’Isi cya 2026 itsinze Argentine igitego 1-0 mu minota 120, FIFA yatangaje abegukanye ibihembo by’abakinnyi bitwaye neza muri iri...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyagatare rwasabwe kwitandukanya n’inzoga n’ibindi binyobwa by’inkorano, mu rwego rwo kurinda ubuzima no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage. Ubu...
Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza yegukanye umwanya wa gatatu mu Gikombe cy’Isi cya FIFA 2026 nyuma yo gutsinda u Bufaransa ibitego 6-4 mu mukino waranzwe...
Raporo nshya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko urwego rw’ubushomeri mu Rwanda rutigeze ruhinduka hagati ya Gicurasi 2025 na Gicurasi 2026, kuko rwakomeje kuba...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igihugu kiri hafi gutangira gutanga Uruhushya Mpuzamahanga rwo Gutwara Ibinyabiziga (International Driving Permit – IDP), gahunda izafasha Abanyarwanda gutwara...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yavuze ko ishingiro rya politiki ari ugushakira ibisubizo ibibazo abaturage bafite,...
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye abayobozi b’amashuri n’abarimu bo hirya no hino mu Rwanda gukoresha neza igihe cy’ibiruhuko by’igihembwe cya gatatu bakongera ubumenyi bwabo mu...
U Rwanda rwongeye kugaragariza Umuryango w’Abibumbye (Loni) aho rugeze rushyira mu bikorwa Intego z’Iterambere Rirambye (SDGs), rugaragaza ko hari intambwe imaze guterwa mu kuzamura...