Health
Ikigo gishinzwe iteganyagihe muri Kenya, Kenya Meteorological Department cyatangaje ko muri Kenya hashobora kwiyongera ubwandu bwa Malaria bukagera ku rwego rw’icyorezo, bitewe n’imvura nyinshi...
Hi, what are you looking for?
Ikigo gishinzwe iteganyagihe muri Kenya, Kenya Meteorological Department cyatangaje ko muri Kenya hashobora kwiyongera ubwandu bwa Malaria bukagera ku rwego rw’icyorezo, bitewe n’imvura nyinshi...
U Rwanda ruri mu bihugu byitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry’Ubukerarugendo riri kubera muri Pakistan, aho rukomeje kugaragaza ibyiza nyaburanga n’amahirwe ari mu bukerarugendo bwarwo, mu...
Muri Kenya, abayobozi batatu bakomeye mu rwego rw’ingufu bavuye mu mirimo yabo nyuma y’uko hatangiye iperereza ku micungire idahwitse y’ibikomoka kuri peteroli, cyane cyane...
Umukinnyi wa basketball Leonard Randall Craig yanditse amateka mashya mu irushanwa rya Basketball Africa League, nyuma yo gutsinda amanota menshi kurusha abandi bose mu...
Ibiciro by’ibicanwa byo mu ngo bikomeje kuzamuka mu bice bitandukanye by’u Rwanda, aho Gaz, amakara n’inkwi byiyongereye ku buryo bugaragara, bigashyira igitutu ku mibereho...
RURA yashize hanze ibiciro bishya by’ingendo mu byerekezo byose by’igihugu:
Ku wa Gatanu, Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Emmanuel Ugirashebuja, afatanyije n’Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB: Rwanda Investigation Bureau), Patrick Kabanda,...
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku wa 4 Mata 2026 saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6:00 am), ibiciro ntarengwa by’ibikomoka kuri peteroli...
Mu gihe ubukungu bw’Isi bukomeje guhura n’ihungabana rishingiye ku bibazo by’umutekano muke mu bice bitandukanye, Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage kugira uruhare rufatika mu...
Ku wa Kane tariki ya 2 Mata 2026, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje...
Nyuma y’umwaka urenga umutwe wa AFC M23 ugenzura agace ka Katondi kandi nta n’imirwano iharagaragara, ku wa 1 Mata 2026, uyu mutwe wavuye muri...
Guverinoma y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yatangaje ko Abanyarwanda bazahabwa iminsi ibiri y’ikiruhuko rusange mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mukuru...
Mugi wa Kigali habereye umuhango wo gutangaza ku mugaragaro isesengura rya Raporo z’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ku nzego zegerejwe abaturage n’Umujyi wa Kigali,...
Ikipe ya RSSB Tigers ikomeje kwigaragaza neza mu irushanwa rya Basketball Africa League (BAL), nyuma yo gutsinda Johannesburg Giants amanota 102 kuri 89, mu...
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yafashe abantu bakekwaho ubujura bwakorerwaga mu gace ka Nyabugogo, nyuma y’ibirego byari bimaze iminsi bitangwa n’abahakorera...