Rwanda
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, hazaba umunsi w’ikiruhuko ku bakozi bose bo mu...
Hi, what are you looking for?
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, hazaba umunsi w’ikiruhuko ku bakozi bose bo mu...
Mu Karere ka Muhanga havutse kutumvikana hagati y’ubuyobozi bw’Akarere n’uwashinze ishuri ryigenga rya St RITAH nyuma y’uko inyubako zaryo zisenywe, buri ruhande rugatanga impamvu...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imi (Rwanda FDA) cyatangaje ko hafashwe icyemezo cyo gufunga izindi nganda zikora ibinyobwa bisembuye no gutesha agaciro impushya zabyo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye kongera imbaraga mu guhangana n’abantu biyita abavuzi bavuga ko bashobora kuvura indwara zose, ndetse n’abamamaza cyangwa bacuruza imiti bavuga...
Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umunsi Mukuru w’Umuganura ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, aho ibikorwa by’uyu mwaka bizahurira ku butumwa bwo gukomeza kubaka...
Iperereza ry’ibanze ryakozwe ku mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu majyaruguru ya Algeria, yahitanye abantu 28, ryagaragaje ko umushoferi wari uyitwaye yari yakoresheje ibiyobyabwenge...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari abantu boherezwa na MONUSCO bavuga ko ari abahoze ari abarwanyi ba FDLR, nyamara igenzura rikorerwa ku Kigo cya...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibikorwa byo gukura ku isoko ibinyobwa bisindisha bitujuje ubuziranenge bikomeje, mu rwego rwo gukumira ingaruka bishobora guteza ku buzima...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyafashe icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’inganda umunani zikora ibinyobwa bisindisha, kinazambura impushya zo gukora nyuma y’ubugenzuzi...
Guhera mu mwaka w’amashuri utaha, ababyeyi bafite abana biga mu mashuri ya Leta bazatangira gutanga umusanzu mushya ugenewe ifunguro ry’abanyeshuri, nyuma y’aho Minisiteri y’Uburezi...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwasabye Umunyamabanga Nshingwabikorwa mushya w’Umurenge wa Nyamabuye, Gihana Tharcisse, gushyira imbere ubuvugizi bugamije kongera ibikorwa remezo no kunoza serivisi zihabwa...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impinduka mu buryo igiciro cy’amata kizajya gishyirwaho, aho bitazongera gukorwa na Leta yonyine, ahubwo aborozi, abaguzi n’inganda zitunganya amata bazajya...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko gihagaritse by’agateganyo ikoreshwa ry’inzoga z’inganda zizwi nka Ethanol cyangwa Neutral Spirit mu nganda zose...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yasabye abahinzi, aborozi n’abafatanyabikorwa b’urwego rw’ubuhinzi gushyira mu bikorwa ubumenyi n’udushya byagaragariye mu Imurikabikorwa ry’Ubuhinzi n’Ubworozi, agaragaza ko...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS 2025) bugaragaza ko hafi abaturage bose bazi indwara y’igituntu, ariko hakiri icyuho mu gusobanukirwa neza uko...