Football
Nyuma y’icyamamare muri ruhago, George Weah, wegukanye Ballon d’Or mu 1995, Sadio Mané ni Umunyafurika waje ku mwanya wa kabiri, mu bahataniraga icyo gihembo...
Hi, what are you looking for?
Nyuma y’icyamamare muri ruhago, George Weah, wegukanye Ballon d’Or mu 1995, Sadio Mané ni Umunyafurika waje ku mwanya wa kabiri, mu bahataniraga icyo gihembo...
APR FC, ikipe y’ingabo z’igihugu, kuri uyu wa 10 Nzeri 2022, yatsinze US Monastir igitego kimwe ku busa (1-0), mu mukino wa mbere wa...
Mu gihe cy’amezi ane, imirimo yo kuvugura Sitade ya Huye ikajya ku rwego mpuzamahanga, byatwaye amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari icumi. Iyi sitade Huye...
Sitade Perezida wa Repubulika yemereye abaturage ubwo yiyamamazaga mu matora yo 2017, biteganyijwe ko izubakwa mu minsi ya vuba kuko inyigo yayo yarangiye. Izubakwa...
Ikipe y’ingimbi z’u Rwanda (U-13) z’abahungu zegukanye ikigombe cy’Isi mu mupira w’amaguru nyuma yo gutsinda iya Brazil kuri Penaliti (7-6) nyuma yo kunganya igiteko...
Nyuma y’umukino APR FC yabaye ikipe ya munani ibonye itike ya ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro, itsinze Amagaju ibitego 3-0 kuri Stade ya Kigali, mu mukino...
Abanyarwanda n’inshuti zabo bari mu cyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 28, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho guhera ku itariki 7 kuzageza ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryamaze gutangaza urutonde rw’abatoza basabye gutoza Amavubi, barimo Stephen Constantine wigeze gutoza iyo kipe y’Igihugu mu myaka yashize....
Mashami Vincent watozaga Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, yamaze guserezererwa n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA. Uyu mutoza wari umaze imyaka itatu n’igice yamaze kumenyeshwa ko...
Ikipe ya Paris Saint Germain yo mu gihugu cy’u Bufaransa iracyagowe no kwigaragaza mu ruhando rw’ibihangange i Burayi nkuko yamaze gushinga imizi iwabo imbere...
Kigali/Nairobi – 07 March 2022. The Fédération Rwandaise de Football Association (FERWAFA) and the Football Foundation for Africa (FFA) signed a Memorandum of Understanding...
Umukinnyi Conor McGregor, ubu ukinira imikino njyarugamba muri Ultimate Fighting Championship (UFC), yatangaje ko yiyumvamo ubushobozi bwo kuba yagura ikipe ya Chelsea. McGregor yabitangarije...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku Isi_FIFA, ryahagaritse Kenya na Zimbabwe, kwitabira amarushanwa mpuzamahanga, kubera uburyo Guverinoma z’ibi Bihugu zivanze mu mikorere y’inzego z’umupira w’amaguru wabyo....
Umukino Rayon Sports igomba kwakiramo mukeba wayo, APR FC, wigijwe inyuma ho iminota 30, ku mpamvu z’uko agace ka Tour du Rwanda ko ku...
Ikipe ya Rayon sport ishobora gutandukana burundu n’umutoza wayo wungirije Pablo Miguel wari umaze ibyumweru 2 gusa atangiye akazi muri iyi kipe. Amakuru avuga...