Football
Biravugwa ko habura amasaha make umunyabigwi wa Barcelona Xavi Hernandez ngo asubire muri iyi kipe yo muri Esipanye nk’umutoza wayo, nyuma yaho birukaniye Ronald...
Hi, what are you looking for?
Biravugwa ko habura amasaha make umunyabigwi wa Barcelona Xavi Hernandez ngo asubire muri iyi kipe yo muri Esipanye nk’umutoza wayo, nyuma yaho birukaniye Ronald...
Ronald Koeman umutoza w’Ikipe ya Barcelona ukomoka mu buholandi yirukanwe na Barcelona nyuma y’amezi 14 ashinzwe kuyobora ikipe, akaba yamenyeshejwe ko yirukanywe nyuma y’umukino...
Ikipe ya APR FC iheruka gusezererwa mu marushanwa ya CAF Champions League, yatomboye ikipe ya RS Berkane yo muri Maroc, ikipe itozwa n’umutoza Florent...
Nk’uko tubikesha urubuga rwa APR FC, Ikipe y’ingabo z’igihugu igeze muri Tunisia aho yatangiye urugendo kuva ejo 19h00 z’ijoro banyura muri Uganda bakomereza muri...
Ku wa 19 Ukwakira 2021, Abakinnyi b’ikipe y’ingabo z’igihugu barekeje muri Tunisia aho bagiye gukina umukino wo kwishyura wa CAF Champions League na Etoile...
Ikipe ya Etoile de l’Est y’i Burasirazuba mu karere ka Ngoma, igarutse mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’imyaka 24. Ikipe...
Igitego cyinjijwe na Kylian Mbappé mu minota ya nyuma y’umukino, cyafashije u Bufaransa kwegukana irushanwa rya UEFA Nations League butsinze Espagne ibitego 2-1 ku...
Umukino w’umupira w’amaguru wahuzaga u Rwanda na Uganda ku Cyumweru tariki 10 Ukwakira 2021, warangiye ikipe y’umupira w’amaguru ya Uganda (Cranes) yongeye gutsinda u...
Iyi ntsinzi bayihawe n’igitego kinjijwe na Kylian Mbappé, mu minota ya nyuma y’umukino, ari na cyo cyafashije u Bufaransa kwegukana irushanwa rya UEFA Nations...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabajijwe impamvu akomeza gufana ikipe nka Arsenal ihora itsindwa, avuga ko mu gihe inshuti igize ibyago kandi bitakugira ingaruka...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda «Amavubi Stars” yatsinzwe umukino wa mbere mu itsinda E ry’amarushanwa yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu mpeshyi...
Ku wa gatatu tariki ya 4 Kanama 2021, nibwo ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezera burundu umukinnyi wakinaga hagati mu kibuga Niyonzima...
Butera Andrew, wakiniraga APR FC ubu akaba yaratijwe ikipe ya AS Kigali, arashimira cyane ubuyobozi bwa APR FC bwemeye icyifuzo cye cyo gutizwa mu...
Impuzamashyirahamwe y’ibihugu byo mu karere ka Afurika y’i Burasirazuba no hagati (CECAFA) mu mupira w’amaguru, yamaze gutangaza amakipe 10 arimo APR FC yemeye kwitabira...
Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko bwagennye ubundi buryo amakuru y’ikipe azajya atambutswa buri munsi mu rwego rwo gufasha abakunzi b’ikipe y’ingabo z’igihugu kumenya...