Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP0766/13/TGI/NGOMA, rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma ku wa 30/04/2014;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatanu tariki ya 9/08/2019, azagurisha muri cyamunara imitungo ya Ngerero Benjamin na Nyirantwari Petronille, ukurikira: UPI: 5/06/12/03/794. Cyamunara izaba saa yine za mugitondo (10h00). Uyu mutungo uherereye mu kagari ka Musya, Umurenge wa Rurenge, Akarere ka Ngoma, Intara y’Iburasirazuba.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398/0738307398/0783110938
Bikorewe i Kigali, ku wa 29/07/2019
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé












































































































































































