Afurika
Perezida wa Repubulika ya Congo-Brazzaville, Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, yatangaje ko arimo gutegura inzira izafasha urubyiruko kuzayobora igihugu mu gihe kiri imbere, mu...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika ya Congo-Brazzaville, Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, yatangaje ko arimo gutegura inzira izafasha urubyiruko kuzayobora igihugu mu gihe kiri imbere, mu...
Guverinoma ya Zimbabwe yatangiye kurekura imfungwa zigera ku 4,000, nyuma y’iteka rya Perezida ritanga imbabazi rusange ku byiciro bimwe by’abakatiwe, mu rwego rwo kugabanya...
Umuryango w’Abibumbye, United Nations, watangaje ko mu masaha 48 ashize, abaturage benshi baguye mu mirwano yongeye kubura mu majyaruguru ashyira Amajyepfo ya Sudan. Ubutumwa bw’Ingabo...
Muri iki cyumweru, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu...
Abanyafrika barenga 1,700 bamaze kujya mu gisirikare cy’Uburusiya barwana mu ntambara ibuhuza na Ukraine. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrii Sybiha,...
Igitero cy’indege nto z’intambara zitajyamo abapilote izizwi nka drone cyagabwe mu rukerera rwo ku wa kabiri hafi y’i Rubaya, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Richard Ilunga uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare muri DRC yahawe urutonde rw’abaherutse kwitabira amatora ngo azarukoreshe mu gutangira gutegura indangamuntu igenewe abaturage. Ni urutonde...
Panorama Sports Umuhungu muto wa Perezida wahoze ayobora Zimbabwe, Robert Mugabe, yafashwe na Polisi yo muri Afurika y’Epfo ku wa Kane, akurikiranweho kurasa umukozi...
Perezida Évariste Ndayishimiye usanzwe uyobora Uburundi yaraye afashe ubuyobozi bw’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, akazuzuza izo nshingano mu mwaka umwe. Uburundi busimbuye Angola, bukazakurikirwa...
Jackson Kwizera Mu nama y’Inteko Rusange ya CECAFA yabereye muri Djibouti, tariki ya 7 Gashyantare 2026, habaye amatora y’ubuyobozi bushya bw’iyi mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru...
Rene Anthere Rwanyange Africa holds 30% of the world’s critical mineral reserves, positioning the continent at the center of the global energy transition and...
Major General Francis Takirwa yapfuye afite imyaka 61, akaba yazize guturika k’udutsi two mu bwonko. Daily Monitor yatangaje ko urupfu rwe rwamenyekanye mu gitondo...