Amakuru
Mu Karere ka Nyarugenge Murenge wa Kanyinya, umugabo uzwi ku izina rya Kazungu ari mu bibazo bikomeye iwe mu rugo nyuma y’uko umugore we...
Hi, what are you looking for?
Mu Karere ka Nyarugenge Murenge wa Kanyinya, umugabo uzwi ku izina rya Kazungu ari mu bibazo bikomeye iwe mu rugo nyuma y’uko umugore we...
Inteko Ishinga Amategeko ya Senegal ku wa Gatatu yemeje itegeko rishya ryongera ibihano abakora imibonano mpuzabitsina bahuje ibitsina bahabwa, aho ushobora gufungwa kugeza ku...
Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango bavuga ko bamaze imyaka myinshi bategereje ibyangombwa by’ubutaka bwabo, ariko kugeza ubu...
Imikino ibanza ya ⅛ cy’irangiza mu irushanwa rya UEFA Champions League yakinwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe 2026 yasize...
Muri Nigeria haravugwa urupfu rw’umukobwa bivugwa ko yapfiriye ku iseta yibagisha ikibuno. Iki kibazo gishingiye ku buryo bwo kubagisha amabuno buzwi nka Brazilian Butt...
Ibigo by’itumanaho bikorera muri Afurika byatangaje gahunda nshya igamije korohereza abaturage kubona telefone zigezweho ku giciro gito cyane, aho biteganyijwe ko zimwe zizajya zigura...
Nyamasheke abaturage benshi bagaragaza ko igitutu cyo gushinga ingo giterwa na bamwe mu babyeyi ar’imwe mu mpamvu zituma iyo miryango iba yarashakanye ishizweho igitutu,...
Umuyobozi wungirije ushinzwe ibijyanye n’ububanyi n’amahanga muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ibya Afurika, Sarah Troutman, hamwe n’abayobozi b’iyo...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Murangira B. yatangaje ko kugeza ubu ataramenya cyangwa ngo abe yarigeze yumva indirimbo y’umunyarwenya n’umuhanzi uzwi kw’izina rya G Taff,...
Jackson Kwizera Abafatanyabikorwa bagira uruhare mu guteza imbere urwego rw’ubuzima bakomeje gutanga ibikoresho bitandukanye byifashishwa mu buvuzi. Muri bo harimo gahunda ya IMPALA ibinyujije...
Panorama Sports Abakinnyi batanu b’ikipe y’igihugu y’abagore ya Iran bakina umupira w’amaguru bahawe ubuhungiro muri Australia nyuma yo kuva mu mwiherero w’ikipe yabo wari...
Jackson Kwizera Abantu benshi bazi ko bicarbonate de soda cyangwa Baking Soda y’ifu ikoreshwa mu guteka cyane cyane mu migati n’ibindi biribwa. Ariko se...
Jackson Kwizera Indwara z’umutima ni zimwe mu zitwara ubuzima bw’abantu benshi ku isi. Icyakora, inkuru nziza ni uko nyinshi muri zo zishobora kwirindwa iyo...
Perezida wa Madagascar, Michael Randrianirina, yafashe icyemezo cyo gusesa Guverinoma yose y’icyo gihugu, harimo no kwirukana Minisitiri w’Intebe wari uriho. Ibi bikaba byatangajwe n’umuvugizi...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Werurwe 2026 yitabiriye inama mpuzamahanga mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, igamije...