Amakuru
Abayisilamu bo mu Rwanda bagaragaje ko bishimiye uruhare Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize mu kubasubiza uburenganzira n’agaciro bari baratakaje mu bihe byashize. Ibi...
Hi, what are you looking for?
Abayisilamu bo mu Rwanda bagaragaje ko bishimiye uruhare Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize mu kubasubiza uburenganzira n’agaciro bari baratakaje mu bihe byashize. Ibi...
Urukiko rwo muri New Mexico rwategetse ko sosiyete Meta ya Mark Zuckerberg yishyura miliyoni 375 z’amadolari kubera kuyobya abantu ku bijyanye n’umutekano w’abana ku...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzania (TPDF) bagaragaje ko ari ngombwa gushyiraho ingamba zihuse zo guhangana n’ubucuruzi bwa magendu n’ibindi bikorwa binyuranyije n’amategeko...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye guhagarikwa gukoreshwa mu buryo busanzwe, hashingiwe ku Iteka rya Perezida Nº11/01...
Ikigo cyo muri Brésil cyitwa Planner Corretora de Valores SA kigiye gutangira gushyira mu bikorwa umushinga wa ‘Gako beef processing plant’, ugamije guteza imbere...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’ibisazi by’imbwa ari imwe mu ndwara zica cyane, aho ishobora guhitana 99% by’abantu bagaragaje ibimenyetso byayo. Cyasabye...
Ghana iri gushaka inkunga mpuzamahanga mu Muryango w’Abibumbye kugira ngo hashyigikirwe umushinga w’icyemezo ugamije kwemera ko ubucakara bwambukiranyaga inyanja ya Atlantika ari kimwe mu...
Muri Politiki ya Amerika ku byerekeye intambara ifatanyije na Israel mu kurwana na Iran, harimo ingingo y’uko iri kuganira na Iran ariko yo ikabihakana....
Imvura nyinshi yaguye mu Murenge wa Ngororero, mu Karere ka Ngororero, mu ijoro ryo ku wa 22 rishyira ku wa 23 Werurwe 2026, yateje...
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva muri 2001 kugeza muri 2019, yatangaje ko afite impungenge zikomeye ku byerekezo igihugu cye kirimo...
Ubwanditsi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, anenge abayobozi batita ku nshingano zabo bakumva ko ari ibintu bisanzwe bakiregura basaba imbabazi bavuga ko bibagiwe, agaragaza...
Nubwo inzego z’ubuzima zikomeza kwibutsa ko amavuta yo gutekesha adakwiye gukoreshwa inshuro zirenze ebyiri, hari zimwe muri restaurant zikirengagiza ayo mabwiriza, zigakomeza kuyakoresha inshuro...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’ibicuruzwa no kurengera umuguzi, RICA, cyatangaje ko kurya inyama z’inkoko zibazwe ako kanya bishobora gushyira ubuzima bw’abantu mu kaga,...
Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva, yasabye abayobozi mu nzego zitandukanye kurushaho kwegera abaturage, bakamenya ibibazo bibugarije ndetse bagashakira ibisubizo ku gihe, cyane cyane mu rwego...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yasabye inzego za Leta n’izegerejwe abaturage kongera imbaraga mu kunoza imikorere no gukorana neza, kugira ngo serivisi zihutishwe kandi...