Amakuru
Lionel Jospin, wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa ku ruhande rw’abasosiyalisiti, agashyiraho gahunda y’amasaha 35 y’akazi ku cyumweru kandi akagira uruhare mu guhagarika igihano cy’urupfu,...
Hi, what are you looking for?
Lionel Jospin, wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa ku ruhande rw’abasosiyalisiti, agashyiraho gahunda y’amasaha 35 y’akazi ku cyumweru kandi akagira uruhare mu guhagarika igihano cy’urupfu,...
By Rene Anthere Rwanyange Food commodity prices across Africa recorded mixed trends in January–February, reflecting shifting supply conditions, weather variability, and regional trade dynamics,...
Raporo y’isesengura ry’imihigo y’uturere yashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), igaragaza uko uturere twitwaye mu mwaka wa 2024/2025, inatanga ishusho y’uko...
Ibihe byiza mwe mwese mudahwema kudukurikira umunsi kuwundi, nizere ko aho muri mubice bitandukakanye by’igihugu cy’u Rwanda mukomeje kumererwa neza. Muri iki cyumweru dusoje...
Mu gutangiza Inama Nkuru y’urugaga rw’urubyiruko rushamikiye kuri FPR Inkotanyi, Uwimana Consolée Visi Perezida wa Mbere w’uyu muryango, yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge n’izindi ngeso...
Hari ababyeyi banengwa gutererana abagore babo mu kwita ku mwana wabo warwaye indwara yo mu mutwe bita down syndrome. Bibukiranya ko n’ubwo umwana nk’uwo...
Umukozi ukorera Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Afurika y’Epfo, Boitumelo Shounyane, ari gukorwaho iperereza ku byaha akekwaho byo gutanga Visa mu buryo bunyuranyije...
Urugaga rw’Abagore rushamikiye ku FPR Inkotanyi rwatangaje ko rugiye kongera imbaraga mu guteza imbere abagore n’igihugu muri rusange, rushyira imbere umuco wo kwigira, ubukungu...
Iran yarashe umujyi wo mu Majyepfo ya Israel witwa Dimona ikoresheje misile, bikomeretsa nibura abantu 47. Intego isa n’iyari igamijwe ni ikigo cya nikileyeri...
Umunsi Mpuzamahanga w’Amashyamba, watangijwe bwa mbere n’Ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe ibiribwa n’ubuhinzi, Food and Agriculture Organization, mu mpera z’imyaka ya 1970, nyuma uza kwemezwa ku...
Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni na Perezida wa Kenya William Samoei Ruto batangije ku mugaragaro umushinga wo...
Bamwe mu bakobwa bakiri bato babyariye mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali baravuga ko ubuzima barimo muri iki gihe cy’imvura nyinshi bukomeje kuba...
Abahinzi bakorera mu gishanga cya Munyazi giherereye hagati y’Imirenge ya Mbazi na Huye mu Karere ka Huye, bagaragaza ko bahangayikishijwe n’amazi y’umugezi ukinyuramo, bavuga...
Madamu Jeannette Kagame yongeye kwibutsa ko abagore bafite uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu, abasaba kurushaho guhindura imitekerereze n’imikorere kugira ngo bagire uruhare rufatika mu...