Iyobokamana
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko icyemezo cyo gufunga zimwe mu nsengero hirya no hino mu gihugu kidafite aho gihuriye no gutoteza amadini,...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko icyemezo cyo gufunga zimwe mu nsengero hirya no hino mu gihugu kidafite aho gihuriye no gutoteza amadini,...
Mu Mudugudu wa Gikangaga, Akagari ka Gasovu, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke hari umuturage witwa Salomon Butera w’imyaka 72 yatawe muri yombi nyuma...
Ikigo cy’imari gikoresha ikoranabuhanga kizwi nka Numida cyatangiye gukorera mu Rwanda ku mugaragaro, kigamije gufasha abakora ubucuruzi buto kubona inguzanyo mu buryo bwihuse kandi...
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije ku Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) yatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bitegura gusubira mu miryango yabo mu kiruhuko k’igihembwe cya...
Igikorwa cy’ubusabane bwa Abayisilamu bo mu Rwanda na Perezida wa Repubulika Paul Kagame cyiswe ‘Meet The President’, cyabaye kuri uyu wa 25 Werurwe 2026...
Abayisilamu bo mu Rwanda bagaragaje ko bishimiye uruhare Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize mu kubasubiza uburenganzira n’agaciro bari baratakaje mu bihe byashize. Ibi...
Urukiko rwo muri New Mexico rwategetse ko sosiyete Meta ya Mark Zuckerberg yishyura miliyoni 375 z’amadolari kubera kuyobya abantu ku bijyanye n’umutekano w’abana ku...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzania (TPDF) bagaragaje ko ari ngombwa gushyiraho ingamba zihuse zo guhangana n’ubucuruzi bwa magendu n’ibindi bikorwa binyuranyije n’amategeko...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye guhagarikwa gukoreshwa mu buryo busanzwe, hashingiwe ku Iteka rya Perezida Nº11/01...
Ikigo cyo muri Brésil cyitwa Planner Corretora de Valores SA kigiye gutangira gushyira mu bikorwa umushinga wa ‘Gako beef processing plant’, ugamije guteza imbere...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’ibisazi by’imbwa ari imwe mu ndwara zica cyane, aho ishobora guhitana 99% by’abantu bagaragaje ibimenyetso byayo. Cyasabye...
Ghana iri gushaka inkunga mpuzamahanga mu Muryango w’Abibumbye kugira ngo hashyigikirwe umushinga w’icyemezo ugamije kwemera ko ubucakara bwambukiranyaga inyanja ya Atlantika ari kimwe mu...
Muri Politiki ya Amerika ku byerekeye intambara ifatanyije na Israel mu kurwana na Iran, harimo ingingo y’uko iri kuganira na Iran ariko yo ikabihakana....
Imvura nyinshi yaguye mu Murenge wa Ngororero, mu Karere ka Ngororero, mu ijoro ryo ku wa 22 rishyira ku wa 23 Werurwe 2026, yateje...
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva muri 2001 kugeza muri 2019, yatangaje ko afite impungenge zikomeye ku byerekezo igihugu cye kirimo...