Health
Ibitaro Bikuru bya Kibungo bikomeje guteza imbere serivisi z’ubuvuzi nyuma yo gushyikirizwa inyubako nshya igenewe abarwayi barembye (ICU) ndetse n’aho kubagira harimo ibikoresho bigezweho,...
Hi, what are you looking for?
Ibitaro Bikuru bya Kibungo bikomeje guteza imbere serivisi z’ubuvuzi nyuma yo gushyikirizwa inyubako nshya igenewe abarwayi barembye (ICU) ndetse n’aho kubagira harimo ibikoresho bigezweho,...
Nyuma yo guhabwa ibihumbi 70$ ku mafaranga ikigo Jayrutty Investment East Africa Co. Ltd cyari cyabemereye, Rayon Sports yahise ihemba abakinnyi n’abatoza imishahara y’ukwezi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye mugenzi we wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora iki gihugu....
Leta y’u Rwanda n’iy’u Bwongereza zatangiye kuburanira mu rukiko mpuzamahanga nkemurampaka ruri i La Haye mu Buholandi, mu rubanza rw’amasezerano ajyanye n’abimukira yasinywe hagati...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hifuzwa ko ibigo by’amashuri bigira n’amavuriro y’ibanze azafasha mu kwita ku buzima bw’abanyeshuri. Ati: “Turifuza ko ibigo...
Ababyeyi ndetse n’abakuru muri rusange bakora ibishoboka byose ngo abana babo bazavukane ubuzima bwiza, buzira imirire mibi n’igwingira, ibi bigatuma bakora cyane kugira ngo...
Mu Karere ka Kayonza, cyane cyane mu Murenge wa Ndego, imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki...
Panorama Abunganira u Rwanda mu rubanza ruregamo u Bwongereza bagereranyije imyitwarire y’u Bwongereza n’umucuruzi, abonye ko atazabona ibyo yashakaga, agatangira gutota uwo bagirana amasezerano...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyahs, -RIB, ruvuga ko bikwiye ko abayobozi babwira abaturage ububi bw’ubucuruzi bukorerwa abantu. Uru rwego rusanga ibi byafasha mu gukumira iki cyaha...
Tariki ya 18 Werurwe uyu mwaka mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyanza hateraniye Inama y’Ubujyanama ku Rwego rw’Intara y’Amajyepfo kubufatanye na World Vision...
Jackson Kwizera Kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda n’u Bwongereza byahuriye mu rukiko mpuzamahanga ruri i La Haye (The Hague), mu Buholandi, Leta y’u...
Jackson Kwizera Mu muhango w’Ihererekanyabubasha mu buyobozi bukuru bw’urugaga rw’abikorera –PSF, ku wa 17 Werurwe 2026, Twagirumukiza François, Umuyobozi mushya, mu bukirwa biri muri...
Jackson Kwizera Abanyarwanda bohereza ibicuruzwa hanze batangaje ibihombo batewe n’intambara ibera m Burasirazuba bwo hagati. Igihombo kinini kigaragara kuri Avoka aho 90% u Rwanda...