Amakuru
Mu turere twa Huye, Ruhango na Nyaruguru mu ntara y’Amajyepfo, ku wa 28 Ukwakira 2020, hafatiwe litiro 1,910 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina...
Hi, what are you looking for?
Mu turere twa Huye, Ruhango na Nyaruguru mu ntara y’Amajyepfo, ku wa 28 Ukwakira 2020, hafatiwe litiro 1,910 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina...
Hamis Mwinjuma, umuhanzi uzwi cyane nka Mwana FA yatorewe kujya mu nteko ishingamategeko ya Tanzania ahagarariye akararere ka Muheza, naho undi muhanzi Professor Jay...
Kuva kuwa kabiri tariki ya 27 Ukwakira 2020 mu gitondo, abakoresha imbuga nka WhatsApp ntibyashobokaga gukora ‘download’ y’amafoto n’amavidewo, bashoboraga gusa kohereza no kwakira...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yanenze abayobozi badakora ibiri mu nshingano zabo, kandi ubushobozi bwo kubikora butabuze, abereka ko ibyo bitazakomeza kwihanganirwa...
Abasirikare babiri ba Sudani y’Epfo biciwe mu mirwano n’ingabo za Uganda yabaye kuwa mbere nimugoroba ku mupaka wa Ngomoromo, nk’uko bivugwa n’uruhande rwa Uganda....
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Mutangana Jean Bosco wigeze kuba Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, ubu akaba ari mu buroko. Akurikiranyweho...
Ibihe by’imvura ni ibihe byiza ku bantu bose cyane cyane abahinzi n’aborozi, ariko kandi bishobora kuba ibihe bibi ku bakoresha umuhanda cyane cyane abatwara...
Polisi y’u Rwanda irasaba abaturarwanda kuba maso bakubahiriza amabwiriza muri ibi bihe by’imvura nyinshi kugira ngo batazagirwaho ingaruka n’iyi mvura biturutse ku biza biterwa...
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe wa Sena Dr Iyamuremye Augustin yasobanuriye Abanyamakuru uburyo, itangazamakuru na Sena bifite inshingano zo kuzamura ijwi ry’umuturage bityo bakaba...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gatsibo baracyafite imyumvire yo hasi ku byiciro bishya by’ubudehe ku buryo hari abatangiye kwihakana imiryango. Abaturage babanje...
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu murenge wa Tumba mu...
Abapolisi b’u Rwanda bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu bafashe batatu barimo umugabo n’abagore babiri, bafite amavuta ya magendu n’andi atemewe mu...
Komite y’Inzibacyuho y’itorero ADEPR yahagurukiye gushaka umuti urambye w’ibibazo bimaze iminsi bivugwa muri iri torero. Kimwe mu bizifashishwa harimo gukora ubugenzuzi (Audit) mu byiciro...
Abaturage bo mu kagari ka Buringo, Umurenge wa Bugeshi, Akarere ka Rubavu, bavuga ko bakora ibirometero biri hagati ya bitanu na birindwi bajya gushaka...
Ku wa Kane tariki ya 22 Ukwakira 2020, hirya no hino mu gihugu, hatangijwe igikorwa cy’igerageza ryo gufasha abaturage kwishyira mu byiciro bishya by’Ubudehe...