Amakuru
Perezida wa Repubulika Paul Kagame afitiye icyizere ibiganiro bibera mu nama ya COP27, kuko ngo asanga biganisha ku bisubizo by’ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere, binyuze mu...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika Paul Kagame afitiye icyizere ibiganiro bibera mu nama ya COP27, kuko ngo asanga biganisha ku bisubizo by’ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere, binyuze mu...
Inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite isanga hakwiye gufatwa ingamba zihamye mu gukurikirana abasesagura umutungo w’igihugu. Ibi bishingirwa kuba hari inyubako za Leta ziri hirya...
Kigali, November 05, 2022 – Rwanda celebrated the increase of the number of households having access to electricity, which has already reached two million....
Itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro by’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, OGS, rigaragaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 7 Ugushyingo 2022,...
Bamwe mu bangavu babyaye imburagihe bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyanza, bagira inama abangavu zo kwirinda uduhendabana tw’abagabo no kumenya kuvuga...
Mu gihe iterambere ry’isi rishingiye ahanini ku ikoranabuhanga n’itumanaho ryihuse, abahanga batandukanye b’Abanyarwanda bahuye baganira aho murandasi igeze igera ku Banyarwanda kugira ngo ibafashe...
Kwigisha yifashishije ikoranabuhanga ndetse no mu biganiro mpaka, byatumye Twizeyumukiza Jean de Dieu ahiga abandi barezi bigisha mu mashuri yigenga yo mu karere ka...
Hagamijwe guhangana na bimwe mu bibazo bituma serivisi z’ubuzima bw’umubyeyi n’umwana zidatangwa uko bikwiye, ku bufatanye na UNICEF, Leta y’u Rwanda yafashe ingamba zo...
Mu gihe mu muco w’abanyarwanda ndetse no mu ntambara zinyuranye zagiye zivugwa mu mateka cyaraziraga kwica abagore n’abana. Gasigwa Léopold Umwanditsi akaba n’umuyobozi wa...
Ubushakashatsi bwakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ku Isi (OMS/WHO) mu Rwanda, bugaragaza ko hakiri ibihugu bimwe byo mu majyepfo ya Afurika byongeye kugaragaramo...
Umuryango nyarwanda utari uwa Leta uharanira kubaka igihugu kigendera ku mategeko, CERULAR (Centre of Rule of Law in Rwanda), wamuritse ishusho igaragaza uburyo ihohoterwa...
Ku wa kabiri tariki ya 25 Ukwakira 2022, Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’i Burayi (EU) wakuriyeho ku mugaragaro ibihano byafatiwe u Burundi mu 2015, ariko...
Leta y’u Rwanda yavuze ko Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ikomeje “kuzamura intambara” nyuma y’imirwano yongeye kuba hagati y’umutwe witwaje intwaro M23...
Nyuma yo kwemererwa inkunga ya miliyoni 51 z’amafaranga y’u Rwanda, abahoze bacururiza mu muhanda biganjemo abagore binubira ko ayo mafaranga atarabageraho kuva muri Kamena...
Perezida Paul Kagame agaragaza ko n’ubwo ikoranabuhanga ariryo musemburo w’iterambere rya Afurika hakiri byinshi byo kunozwa, kuko usanga n’ahagera umurongo mugari wa internet hafi...