Amategeko
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo RC 00013/2019/TB/NZG cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nzige; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya...
Hi, what are you looking for?
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo RC 00013/2019/TB/NZG cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nzige; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya...
Ashingiye ku rubanza RCOMA 0067/2016/CS -RCOMAA 0063/16/CS, rwaciwe n’Urukiko rw’Ikirenga, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Kane tariki ya 12/12/2019 saa sita...
Ashingiye ku itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 153, iya 86 n’...
Mu rubanza rwa Neretse Fabien uburanishirizwa i Buruseli (bruxelles) mu Bubiligi, ku munsi warwo wa 17 mu rukiko habonetse umutangabuhamya utarigeze abazwa mu iperereza....
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP 0374/09/TGI/MHG, rwaciwe n’Urukiko Rwisunmbuye rwa Muhanga, urubanza rukaba rugomba kurangizwa ku gahato; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose...
Ashingiye ku rubanza RCOMA 0067/2016/CS -RCOMAA 0063/16/CS, rwaciwe n’Urukiko rw’Ikirenga, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatatu tariki ya 04/12/2019 saa...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Mu...
Mu rubanza rwa Fabien Neretse ruri kubera i Bruxelles mu Bubiligi, hakomeje kumvwa abatangabuhamya, aho muri iki cyumweru hategereje kumvwa abagera kuri 60 bashinja...
Nyuma y’uko mw’iburanishwa ry’urubanza rwa Neretse Fabien uburanira i Buruseli mu Bubiligi, hamenyekanye ko umutangabuhamya Neretse Emmanuel wari uhategerejwe yanditse avuga ko atakije. Uyu...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama rwategetse ko Umuvugizi Wungirije wa ADEPR, Rev. Karangwa John, ukurikiranyweho guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Rev....
Nyuma yo kumva ibyo Neretse aregwa, abamwunganira n’abahagarariye abaregera indishyi bakavuga; ubu hagezweho kumva abatangabuhamya banyuranye. Aba batangabuhamya basabwa kubanza kurahirira ko bagiye kuvuga...
Urukiko rwa rubanda (Cour d’assises) rugizwe n’abacamanza batatu, bungirijwe n’umwanditsi ndetse n’inyangamugayo 12 zizewe ku rwego rw’amategeko. Ni urukiko rufite imikorere imwe mu Bubiligi...
Ku munsi wa kane w’urubanza rwa Neretse, tariki ya 13 Ugushyingo 2019 humviswe abatangabuhamya ku mateka y’u Rwanda barimo umunyarwanda Joseph Matata ndetse n’umubiligi...
Ku wa kabiri tariki ya 12 Ugushyingo 2019, urubanza rwa Neretse rwakomeje yisobanura ndetse anasubiza ibibazo bitatu byari byasigaye atabibajijwe. Abamwunganira batanze inzitizi zatumye...
Kugira ngo harangizwe urubanza RP 0063-16-TGI-MHG, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kabiri tariki ya 19/11/2019, saa cyenda z’igicamunsi (15h00) ; azagurisha...