Ashingiye ku rubanza RCOM 0068/15/TC/ŃYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge, Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa gatanu tariki ya 15/05/2020 saa sita z’amanywa (12:00) azateza cyamunara umutungo utimukanwa ubaruye kuri UPI: 1/03/08/03/688 wa Munyerango Richard na Tumwine Alphonsine uherereye mu mudugudu wa Gihuke, Akagari ka Gako, Umurenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali, kugira ngo harangizwe urubanza rwavuzwe haruguru.
Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yabariza kuri telefoni: 0788461028 na 0788403301
Bikorewe i Kigali, ku wa 05/05/2020 ‘
Umuhesha w’inkiko w’umwuga
Me INGABIRE Uwayo Lambert
Sé
