Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 00638/2019/TC rwaciwe n’Urukiko rw’ubucuruzi rwa Kigali, umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kane tariki ya 25/06/2020 saa yine za mugitondo (10:00) azateza cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bubaruye kuri UPI: 4/03/09/01/3552, wa AGAPE SANCTUARY CHURCH IN RWANDA uherereye mu mudugudu wa Nyiramuko, Akagari ka Cyivugiza, Umurenge wa Muko, Akarere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru; kugira ngo hishyurwe Twagirayezu Jean Damascene watsinze AGAPE SANCTUARY CHURCH IN RWANDA mu rubanza rwavuzwe haruguru.
Cyamunara izabera aho umutungo uherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri 0788859200.
Bikorewe i Kigali, ku wa 17/06/2020
Umuhesha w’inkiko w’umwuga
Me Muhama François
Sé












































































































































































