Hi, what are you looking for?
Igihugu cya Zambia cyafashe abarenga 80 bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bakekwaho kuba k’ubutaka bwayo badafite ibyangombwa byemewe n’amategeko. Ibi byabaye mu...
Perezida Paul Kagame yaraye yitabiriye umukino wahuje Amakipe abiri y’abakinnyi beza muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (the 2026 NBA...
Muri iki cyumweru, Komite ishinzwe Politiki y’Ifaranga (MPC) iraterana kugira ngo isuzume imiterere y’ubukungu bw’imbere mu gihugu n’ubw’isi muri rusange. Izanafata umwanzuro ku gipimo...
Rene Anthere Rwanyange Ubucuruzi hagati y’u Bushinwa na Afurika umwaka ushize bwageze ku mari yo hejuru butigeze bugeraho mbere, gusa buracyohereza muri Afurika hafi...
Pariki y’Igihigu y’Akagera yatangaje ko mu mwaka wa 2025 yinjirije u Rwanda, asaga miliyari 7,2 z’amafaranga y’u Rwanda (Miliyoni $5,06 ) avuye mu bikorwa...
Panorama Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, barasaba ko hatangizwa byihutirwa uburyo bwo kugenzura...
Amatsinda akomeye y’abanyabyaha bakoresha ikoranabuhanga ku rwego mpuzamahanga ari kurushaho kwibanda ku bujura bushingiye ku rukundo ibyo mu Cyongereza bita Romance Scamms aho bashuka...
Perezida Évariste Ndayishimiye usanzwe uyobora Uburundi yaraye afashe ubuyobozi bw’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, akazuzuza izo nshingano mu mwaka umwe. Uburundi busimbuye Angola, bukazakurikirwa...
FC Saint-Éloi Lupopo yari iri mu Rwanda ngo ikine n’iyo muri Sudani isanzwe iri ikinira mu Rwanda yitwa Al-Hilal SC, yatsinzwe igitego 1-0, bituma...
Umwe mu bakozi ba Banki nkuru y’u Rwanda, BNR, yabwiye abatuye Umurenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi ko aho kugira ngo umuntu inoti...
Rene Anthere Rwanyange Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya 1/8 cy’igikombe cy’amahoro muri uyu mwaka yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14...
UMUBYEYI Nadine Evelyne Abarokokeye jenoside mu bice bitandukanye by’iyahoze ari Perefegitura ya Kibuye (ubu ni mu Karere ka Karongi), bavuga ko ubu icyo bategereje...
Jackson Kwizera Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yitabiriye igikorwa cyo kubunamira abana n’umwarimu wungirije bishwe n’umuntu w’itwaje intwaro warashe mu ishuri ryisumbuye ryo...