Amakuru
Umuraperikazi Abayizera Marie Grace uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Young Grace yatangaje ko agiye gushyira hanze album ye ya gatatu amaze igihe atunganya. Ni...
Hi, what are you looking for?
Umuraperikazi Abayizera Marie Grace uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Young Grace yatangaje ko agiye gushyira hanze album ye ya gatatu amaze igihe atunganya. Ni...
Amakuru dukesha RBA ni uko Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwasabye imiryango 36 ituye mu nkengero z’umusozi wa Muko uri mu Murenge wa Bugarama kwimuka...
Perezida Paul Kagame atangaza ko amagambo ya mugenzi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko azatera u Rwanda akanakuraho ubutegetsi buriho,...
Ubundi nk’uko bisanzwe mu muco, inkwano ni ishimwe ritangwa ku mwana w’umukobwa hagamijwe Gushimira umubyeyi wamureze akamukuza akamuha Uburere ritangwa n’umuhungu/umuryango w’umusore ushaka kurongora...
Inama y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Ukwishyira ukizana kwa buri Muntu, PL, yateranye ku wa 24 Werurwe 2024, yafashe umwanzuro udakuka ko mu matora y’umukuru w’igihugu...
Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD), ririfuza ko umubare w’Abadepite bari mu Nteko ishinga Amategeko wiyongera ukva kuri 80 ukagera ku 120, ni...
Panorama Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD), muri Kongere yaryo y’igihugu idasanzwe yo ku wa 24 Werurwe 2024, ryatoye kandi ryemeza gushyigikira umukandida...
Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF (International Monetary Fund), kigiye guha u Rwanda miliyoni 165 z’Amadolari ya Amerika azarufasha muri gahunda z’iterambere no kuzamura ibikorwa by’ubukungu....
Munezero Jeanne d’Arc Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda, ifatanyije n’umushinga USAID Ireme, biyemeje gukemura ikibazo cy’abakozi bake cyakomeje kugaragara mu rwego rw’ubuvuzi by’umwihariko ababyaza kuko...
Leta yashyize imbaraga mu kwegereza abaturage ubuvuzi bw’ibanze kugira ngo bagabanye ingendo ndende bakoraga bajya kwivuza. Ingaruka z’ingendo ndende zabagamo imfu, abandi bakishyura amafaranga...
Mu gihe ahitwa i Nyange mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara hatangirijwe ubukerarugendo bushingiye ku muco nyarwanda bufatiye ku bworozi bw’Inka z’inyambo,...