Amakuru
Bamwe mu babyeyi, abarezi n’abana bo muri Groupe Scolaire Ndora iherereye mu murenge wa Ndora, mu karere ka Gisagara, bavuga ko ibiti y’imbuto ziribwa...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu babyeyi, abarezi n’abana bo muri Groupe Scolaire Ndora iherereye mu murenge wa Ndora, mu karere ka Gisagara, bavuga ko ibiti y’imbuto ziribwa...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Ugushyingo 2022, mu cyumba cy’inama n’amahugurwa mu kigo cy’urubyiruko cya Rwamagana habereye igikorwa cy’ubukangurambaga ku buzima bwo...
Ku wa Kabiri tariki 08 Ugushyingo 2022, hasubukuwe urubanza rwa Félicien Kabuga nk’umwe mu bakekwaho kugira uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda....
According to statistics, the number of households accessing electricity has increased from 10% in 2010 to 74.5% as of September 2022. Kicukiro and Nyaruguru...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame afitiye icyizere ibiganiro bibera mu nama ya COP27, kuko ngo asanga biganisha ku bisubizo by’ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere, binyuze mu...
Inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite isanga hakwiye gufatwa ingamba zihamye mu gukurikirana abasesagura umutungo w’igihugu. Ibi bishingirwa kuba hari inyubako za Leta ziri hirya...
Kigali, November 05, 2022 – Rwanda celebrated the increase of the number of households having access to electricity, which has already reached two million....
Itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro by’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, OGS, rigaragaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 7 Ugushyingo 2022,...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG) kigaragaza ko ingo miliyoni ebyiri zimaze kugerwaho n’umuriro w’amashanyarazi. Ibi bigatanga icyizere ko mu myaka ibiri iri imbere ingo...
Bamwe mu bangavu babyaye imburagihe bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyanza, bagira inama abangavu zo kwirinda uduhendabana tw’abagabo no kumenya kuvuga...
Mu gihe iterambere ry’isi rishingiye ahanini ku ikoranabuhanga n’itumanaho ryihuse, abahanga batandukanye b’Abanyarwanda bahuye baganira aho murandasi igeze igera ku Banyarwanda kugira ngo ibafashe...
Kwigisha yifashishije ikoranabuhanga ndetse no mu biganiro mpaka, byatumye Twizeyumukiza Jean de Dieu ahiga abandi barezi bigisha mu mashuri yigenga yo mu karere ka...
Hagamijwe guhangana na bimwe mu bibazo bituma serivisi z’ubuzima bw’umubyeyi n’umwana zidatangwa uko bikwiye, ku bufatanye na UNICEF, Leta y’u Rwanda yafashe ingamba zo...