Ahandi
Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu by’Abarabu bateranye ku Cyumweru, bafashe icyemezo cyo gushyigikira uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Misiri, Nabil Fahmy, kugira ngo abe...
Hi, what are you looking for?
Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu by’Abarabu bateranye ku Cyumweru, bafashe icyemezo cyo gushyigikira uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Misiri, Nabil Fahmy, kugira ngo abe...
Intambara ikomeje guhuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel na Iran imaze ibyumweru bibiri n’igice itangiye, kuko yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026. Muri...
Jackson Kwizera Dubai yazimije inkongi y’umuriro hafi y’ikibuga cy’indege cyayo ihagarika by’agateganyo ingendo z’indege, mu gihe Donald Trump yavuze ko Iran ishaka kuganira. Isiraheli...
Muri Nigeria haravugwa urupfu rw’umukobwa bivugwa ko yapfiriye ku iseta yibagisha ikibuno. Iki kibazo gishingiye ku buryo bwo kubagisha amabuno buzwi nka Brazilian Butt...
Perezida Donald Trump yatangaje ko adakeneye ubwato bw’intambara butwara indege (aircraft carriers) bw’Ubwongereza nyuma y’uko iki gihugu cyanze gutiza Amerika ahantu yazahagurukiriza ubwato bwayo...
Brazil iri mu bihugu byo ku mugabane wa Amerika y’Amajyepfo bifite umubare munini w’abafungwa, cyane cyane abakatiwe kubera ibyaha bikomeye birimo urugomo n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge....
Ambasaderi wa Iran muri Egypt yatangaje ko igihugu cye kitigeze gisaba ibiganiro na America bigamije guhagarika intambara iri gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati....
Jackson Kwizera Mu gihe umwuka mubi ukomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwo Hagati, kandi hari impungenge ko inzira ya Strait of Hormuz ishobora kumara igihe...
Jackson Kwizera U Bufaransa bugiye kongera intwaro za kirimbuzi mu gihe impaka kuri Iran n’umutekano w’u Burayi zikomeje gukaza umurego. Mu gihe umutekano w’isi...
Panorama Erik Prince washinze umutwe w’abacanshuro wa Blackwater, yagiriye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akanaba inshuti ye inama yo kutazakora...
Jackson Kwizera Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byakomeje kuzamuka ku buryo bugaragara nyuma y’uko Iran’s Revolutionary Guard Corps (IRGC) itangaje ku wa Mbere...
Muri iki cyumweru, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu...