Amakuru
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare, Ndagijimana Gustave, yafashe icyemezo cyo gushyira muri gahunda ya Guma mu Rugo, abaturage bo mu kagari ka Gatare bitewe...
Hi, what are you looking for?
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare, Ndagijimana Gustave, yafashe icyemezo cyo gushyira muri gahunda ya Guma mu Rugo, abaturage bo mu kagari ka Gatare bitewe...
Perezida Paul Kagame yashyize mu kiruhuko abapolisi n’abacungagereza bakuru, barimo ACP Kulamba Anthony wabaye Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Komiseri ushinzwe Interpol n’ubutwererane, aba...
Bamwe mu baturage baracyafite imyumvire y’uko kubyara abana benshi ari amaboko, gusa impuguke mu by’ubukungu zo zemeza ko kubyara bake ariryo terambere ry’igihugu; kuko...
U Rwanda rwatangiye kohereza Batayo y’inyongera y’abasirikare 750 mu gisirikare cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe ibikorwa byinshi byo guhuriza hamwe umutekano n’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique...
Itangazo ryatanzwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa 31 Nyakanga 2021, ritangaza ko Madame Yolanda Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma muri Minisiteri y’Ububanyi...
Umunyamakuru wa Flash Ntambara Garleon yari mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare, ku wa 29 Nyakanga 2021, akurikiranye urubanza rw’umunyamakuru Ntirenganya Charles aregamo Umukuru w’umudugudu...
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ategerejwe mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda guhera ku wa 2 Kanama 2021. Nirwo ruzinduko rwa mbere agiriye...
Mu mukwabu wo kurwanya ubujura bw’amashanyarazi ukorwa buri gihe na Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) ifatanyije n’Inzego z’umutekano ndetse n’abaturage, muri uku kwezi...
Mu gihe cy’amze atandatu, kuva mu kwezi k’Ukuboza 2020 kugeza mu mpera za Kamenza 2021, ingo zigera ku 5095 zo mu mirenge itanu y’Akarere...
Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryo ku wa 25 Nyakanga 2021 rigaraza ko Umujyi wa Kigali n’Uturere byari bisanzwe muri Guma mu...
Abahinzi ba kawa mu karere ka Nyaruguru basaba kuba hakongerwa igiciro bajyaga bagurirwaho kikava ku mafaranga 250 kikagera nibura kuri 350Frw ku kilo. Uku...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko icyorezo cya COVID-19 cyahungabanyije ubuzima bwose bw’igihugu n’uburezi budasigaye ku bana bose, ariko by’umwihariko ku bana b’abakobwa....
Mu minsi ibiri ya Guma mu rugo, mu Mujyi wa Kigali hashyizweho gahunda yo gupima abantu mu tugari twose tuwugize. Mu bipimo byafashwe hagaragaye...
Cyusa Flora ni umubyeyi w’umwana umwe. Jenoside yakorewe Abatutsi yasanze ari uruhinja, mu muryango wabo arokoka wenyine. Ubu arubatse. Avuga ko kwigirira icyizere no...
Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko bwagennye ubundi buryo amakuru y’ikipe azajya atambutswa buri munsi mu rwego rwo gufasha abakunzi b’ikipe y’ingabo z’igihugu kumenya...