Amakuru
Guverinoma y’u Bufaransa yemereye u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bike kuba abaturage babyo bajya muri icyo gihugu badasabwa amabwiriza ajyanye no kwirinda icyorezo cya...
Hi, what are you looking for?
Guverinoma y’u Bufaransa yemereye u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bike kuba abaturage babyo bajya muri icyo gihugu badasabwa amabwiriza ajyanye no kwirinda icyorezo cya...
Mu ijambo yavugiye muri Kiliziya ya Regina Pacis mu mujyi wa Kgali kuri iki cyumweru, Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’abarabu Hazza Alqahtani, yahamagariye...
Joe Biden umukandida w’Umudemokarate wahataniraga kuyobora Leta zunze Ubumwe za Ameriaka, yatsinze bidasubirwaho Donald Trump umukandida w’umurepubulikani wari umaze imyaka ine ari Perezida wa...
Baganira n’Itangazamakuru mu Murenge wa Nyakarenzo wo mu Karere ka Rusizi ku wa 28 Ukwakira 2020, hari abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi basabye ko Ubuyobozi...
Abaturage batuye ahazwi nko mu Kinyana, mu murenge wa Kibumbwe, Akarere ka Nyamagabe, batewe agahinda gakomeye no kuba batagira umuriro w’amashanyarazi kandi insinga ziwujyana...
Abaturage bo mu karere ka Rwamagana barashima cyane abazanye ubukangurambaga “Shishoza” bwo ku bibutsa kwirinda icyorezo cya COVID-19, kuko byatumye basobanukirwa byinshi kuri iyi...
Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 03 Ugushyingo 2020, impunzi 620 z’Abanyekongo zari zicumbikiwe mu nkambi ya Kigeme mu...
Mukamanzi Seraphine, umuturage wo mu mudugudu wa Vira, Akagari ka Gakoma, Umurenge wa Kibeho mu karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo aravuga imyato Gahunda...
Bamwe mu barokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Mururu, mu Karere ka Rusizi bavuga ko hari ubutabera bacyifuza. Kuko batoroherwa no gukurikirana imanza...
Kuva ‘Coronavirus’ yagaragara mu Rwanda muri Werurwe 2020; umupaka wa Rusizi ya II urafunze. Ibi bitera abacuruzi bamwe bahakoreraga igihombo kitari gito, kuko hari...
Kuva ku wa 2 kugeza ku wa 8 Ugushyingo 2020, Abadepite bari mu ngendo rusange mu Gihugu hose zigamije kumenya no kugenzura uko ibikorwa...
Isange One Stop Centre irasaba abaturage gutanga amakuru ku gihe mu gihe hari umwana wasambanyijwe kuko gutinda bimwongerera ibyago byinshi. Muri ibi bihe...
Abana bahagarariye abandi mu karere ka Gasabo, basaba ko bakwiye kujya bahabwa ijambo mu gutanga ibitekerezo mu itegura ry’ingengo y’imari, kandi ijambo ryabo rikagira...
Hashize imyaka 26 hibazwa uburyo imibiri igera ku 5000 y’abazizie Jenoside yakorewe abatutsi yajugunywe n’Interahamwe mu cyobo cya Kiziguro, yashyingurwa mu cyubahiro. Kuva ku...
Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwangiye Urayeneza Gerard wari umuyobozi w’Ibitaro bya Gitwe mu Karere ka Ruhango kuburanishirizwa aho akekwa ko yakoreye icyaha, kubera kwirinda...