Rwanda
Abantu babiri bakekwaho kwica abagabo babaziza kwiba ihene bakaza gucika bafashwe nk’uko byemejwe na Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo. Polisi yabwiye UMUSEKE ko ibyo...
Hi, what are you looking for?
Abantu babiri bakekwaho kwica abagabo babaziza kwiba ihene bakaza gucika bafashwe nk’uko byemejwe na Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo. Polisi yabwiye UMUSEKE ko ibyo...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko imibare yakusanyije mu mwaka wa 2025 ku byerekeye indwara zose Abanyarwanda barwaye muri uwo mwaka, yasanze miliyoni 1.2 byabo bararwaye...
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye zoherejwe muri Repubulika ya Centrafrique kuhagarura amahoro (MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe kubera umurava, ubunyamwuga n’umusanzu mu...
Munezero Jeanne d’Arc Guverinoma y’u Rwanda yongereye imyaka itatu umushinga PRISM ndetse inongeramo miliyoni 25$ kugira ngo ukomeze guteza imbere Abanyarwanda binyuze mu buhinzi...
Impunzi z’abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo uba mu Rwanda zihagarariye izindi zakoze imyigaragambyo mu mahoro yabereye imbere ya Ambasade ya Amerika zimagana...
Umugore w’imyaka 45 witwa Ingabire Nadine bivugwa ko yari indaya bamusanze mu cyumba cy’inzu ikodeshwa n’abashaka kuryama, bigakekwa ko yishwe n’abagabo babiri. Ibi byabereye...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwabaye rugabanyije ibiciro byo gusura ingagi kuzageza muri Kamena, 2026. Bikubiye mu itangazo RDB yashyize kuri X ku mugoroba wo kuri...
Ubwo yageraga mu rukiko rwo muri Manhattan muri Amerika, uwahoze ayobora Venezuela Nicolas Maduro yateye utwatsi ibyo Amerika imurega by’uko akorana bya hafi n’abacuruza...
Munezero Jeanne d’Arc Abana bahagarariye abandi mu karere ka Nyagatare bitabiriye ibiganiro byabahuzaga bifuza ko hakongerwa imbaraga ndetse hagakanzwa ibihano bihambwa abantu bahohotera uburenganzira bw’abana...
Panorama From December 2nd to 5th, Rwanda hosted the 2025 Edition of Rwanda Mining Week, a national platform that brings together policymakers, industry leaders, mining...
Bamwe mu batuye Imirenge ya Nkanka na Nkombo mu Karere ka Rusizi bashimye ubuyobozi bwabagejejeho ibiribwa ngo bibagoboke nyuma yo kurumbya. Ubwo bateraga ibishyimbo,...
Panorama Ku cyumweru tariki ya 4 Mutarama 2026, Perezida Paul Kagame na Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu wa Nigeria, bagiranye ibiganiro mu muhezo, baganira...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 05, Mutarama, 2026, amakuru aremeza ko ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zarashe ku birindo...
Abagore bo mu Rwanda ubu bashobora kwisuzuma kanseri y’inkondo y’umura bari mu ngo zabo, binyuze muri gahunda nshya igamije kongera umubare w’abagerwaho n’iyo serivisi...
Mu Rwanda, abatunze inzu zabo baragabanuka nyamara mu myaka myinshi ishize, gutunga inzu byari kimwe mu bimenyetso bigaragara by’umutekano n’ituze ry’igihe kirekire ku miryango....