Amakuru
Ikigo cyo muri Brésil cyitwa Planner Corretora de Valores SA kigiye gutangira gushyira mu bikorwa umushinga wa ‘Gako beef processing plant’, ugamije guteza imbere...
Hi, what are you looking for?
Ikigo cyo muri Brésil cyitwa Planner Corretora de Valores SA kigiye gutangira gushyira mu bikorwa umushinga wa ‘Gako beef processing plant’, ugamije guteza imbere...
Ghana iri gushaka inkunga mpuzamahanga mu Muryango w’Abibumbye kugira ngo hashyigikirwe umushinga w’icyemezo ugamije kwemera ko ubucakara bwambukiranyaga inyanja ya Atlantika ari kimwe mu...
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva muri 2001 kugeza muri 2019, yatangaje ko afite impungenge zikomeye ku byerekezo igihugu cye kirimo...
Ubwanditsi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, anenge abayobozi batita ku nshingano zabo bakumva ko ari ibintu bisanzwe bakiregura basaba imbabazi bavuga ko bibagiwe, agaragaza...
Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva, yasabye abayobozi mu nzego zitandukanye kurushaho kwegera abaturage, bakamenya ibibazo bibugarije ndetse bagashakira ibisubizo ku gihe, cyane cyane mu rwego...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yasabye inzego za Leta n’izegerejwe abaturage kongera imbaraga mu kunoza imikorere no gukorana neza, kugira ngo serivisi zihutishwe kandi...
Lionel Jospin, wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa ku ruhande rw’abasosiyalisiti, agashyiraho gahunda y’amasaha 35 y’akazi ku cyumweru kandi akagira uruhare mu guhagarika igihano cy’urupfu,...
Raporo y’isesengura ry’imihigo y’uturere yashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), igaragaza uko uturere twitwaye mu mwaka wa 2024/2025, inatanga ishusho y’uko...
Ibihe byiza mwe mwese mudahwema kudukurikira umunsi kuwundi, nizere ko aho muri mubice bitandukakanye by’igihugu cy’u Rwanda mukomeje kumererwa neza. Muri iki cyumweru dusoje...
Hari ababyeyi banengwa gutererana abagore babo mu kwita ku mwana wabo warwaye indwara yo mu mutwe bita down syndrome. Bibukiranya ko n’ubwo umwana nk’uwo...
Umukozi ukorera Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Afurika y’Epfo, Boitumelo Shounyane, ari gukorwaho iperereza ku byaha akekwaho byo gutanga Visa mu buryo bunyuranyije...
Iran yarashe umujyi wo mu Majyepfo ya Israel witwa Dimona ikoresheje misile, bikomeretsa nibura abantu 47. Intego isa n’iyari igamijwe ni ikigo cya nikileyeri...
Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni na Perezida wa Kenya William Samoei Ruto batangije ku mugaragaro umushinga wo...
Bamwe mu bakobwa bakiri bato babyariye mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali baravuga ko ubuzima barimo muri iki gihe cy’imvura nyinshi bukomeje kuba...
Madamu Jeannette Kagame yongeye kwibutsa ko abagore bafite uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu, abasaba kurushaho guhindura imitekerereze n’imikorere kugira ngo bagire uruhare rufatika mu...