Amakuru
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ingabo Juvénal Marizamunda, uw’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Consolée Uwimana n’iy’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo Iradukunda...
Hi, what are you looking for?
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ingabo Juvénal Marizamunda, uw’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Consolée Uwimana n’iy’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo Iradukunda...
Raoul Nshungu Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko urubyiruko rw’Afurika rukwiye guhaguruka rukihesha agaciro rugahesha n’ibihugu byarwo aho gutegereza ibiva hanze...
Raoul Nshungu Perezida Kagame agaragaza uburyo umukino w’igare wahinduye ubuzima muri Afurika ndetse anagaragaza uburyo nk’igihugu kwakira ibikorwa biri ku rwego rw’Isi bigira uruhare...
Raoul Nshungu Perezida Kagame yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi. Umukuru w’Igihugu yakiriwe na mugenzi we, Abdel Fattah Al-Sisi, aho bagiranye ibiganiro...
Munezero Jeanne d’Arc Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda isaba inzego zose gufatanya kugira ngo Politike y’uburenganzira bw’umwana yubahirizwe. Inzego zose zikwiye gushyira hamwe,...
Munezero Jeanne d’Arc Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Uwimana Consolée, asaba abagore n’abakobwa bagize Inama y’Igihugu y’Abagore guharanira kuba urugero rwiza no kudatenguha Igihugu...
Raoul Nshungu Abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda berekeje mu butumwa bwo kubungabunga umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado mu gihugu cya Mozambique. Igisirikare cy’u Rwanda...
Raoul Nshungu Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda igaragaza ko ibyo Inteko Ishinga amategeko y’Uburayi (EU) ivuga ko mu Rwanda nta bwisanzure bwa Politiki...
Raoul Nshungu Abagize inteko ishingamategeko y’u Rwanda imitwe yombi yamaganye ibyo yise agasuzuguro n’imyumvire ya Gikoloni byagaragajwe n’abagize umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU)ubwo basabiraga Ingabire...
Raoul Nshungu Minisitiri wa Siporo mu Rwanda Nelly Mukazayire agaragaza ko Siporo ikwiye kuba inkingi ya mwamba mu bukungu bw’Afurika ndetse no ku gihugu...
Panorama Reporter While electricity access in Ngoma District currently stands at 79.6%, officials from the Rwanda Energy Group (REG), Ngoma branch, have reassured residents...
Raoul Nshungu Irene Vida Gala uhagarariye igihugu cya Brazil mu Rwanda avuga ko afite inzozi zo kubona nibura ikipe imwe y’umupira w’amaguru mu gihugu...
Panorama Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’uburere mboneragihugu, Dr Jean Damascene Bizimana, abinyujije ku rukuta rwe rwa X, ashyira ahagaragara ukuri kurambuye ku makuru akwirakwizwa na...
Munezero Jeanne d’Arc Abajyanama b’ubuzima 1572 bakorera mu Karere ka Gatsibo, batangiye bapima indwara zitandura zirimo diyabete, indwara y’umuvuduko w’amaraso no gupima umubyibuho ukabije....
Munezero Jeanne d’Arc Umurenge wa Masaka uza ku isonga mu karere ka Kicukiro, mu kesa umuhigo wo kwishyurira mituweli ku gihe. Kuba uyu murenge...