Amakuru
Abaturage basaga 300 batuye mu kagari ka Rwotso, Umurenge wa Kibilizi, mu karere ka Nyanza basaba guhabwa ingurane y’ubutaka bakuwemo mu myaka isaga 10...
Hi, what are you looking for?
Abaturage basaga 300 batuye mu kagari ka Rwotso, Umurenge wa Kibilizi, mu karere ka Nyanza basaba guhabwa ingurane y’ubutaka bakuwemo mu myaka isaga 10...
Abayobozi ba Polisi mu ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi n’abayobozi mu nzego z’ibanze batangiye gusura abaturage batuye mu birwa biri mu biyaga. Ni...
The Government of Japan has announced 856,136 USD as support to the UN Refugee Agency in Rwanda for the year 2021, funding the Burundian...
Abagabo bane bakomoka mu karere ka Rusizi ariko bamwe bakaba baba i Kigali, ku wa 15 Werurwe 2021 bafatiwe mu murenge wa Kayenzi mu...
Mu kwizihiza Munsi Mpuzamahanga wahariwe iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’umuguzi, bamwe mu bahagarariye abaguzi batangaje ko amafaranga acibwa umuntu wibagiwe sheki, adakoresha ikarita yo ku cyuma,...
Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe gukwirakwiza ingufu ry’amashanyarazi mu karere ka Kamonyi, EUCL buratangaza ko bwafashe ingamba zo kujya basanga abakiriya bakeneye umuriro aho bari hagamijwe...
Ku wa mbere tariki ya 15 Werurwe 2021, abanyamakuru, abarimu bo muri Kaminuza n’abacururiza mu isoko rya Gahanga mu karere ka Kicukiro, ni ibyiciro...
The 2030 Agenda, with its Sustainable Development Goals (SDGs), provides a vision for an integrated and sustainable approach to development. This note argues that...
Ubwo hatanginzwaga gahunda yo gukingira, hibanzwe ku Banyarwanda bafite ibyago byo kwandura covid_19 kurusha abandi hagendewe ku kazi bakora. Hatahiwe abacururiza mu masoko atandukanye...
Kuva ku wa 5 kugeza ku wa 11 Werurwe 2021, mu Rwanda abamaze guhabwa urukingo rwa COVID-19 basaga ibihumbi 238, barimo abakozi bo nzego...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Werurwe 2021, Perezida Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bikingije COVID-19, mu bitaro...
Minisitiri w’intebe akaba na Minisitiri w’Ingabo wa Côte d’Ivoire, Hamed Bakayoko, yapfiriye mu bitaro byo mu Budage, nk’uko byatangajwe na Perezida w’iki Gihugu. Nk’uko...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza (CommonWealth), Madamu Patricia Scotland, waje kuganira n’u Rwanda aho rugeze...
Mu Karere ka Nyamagabe, Abaturage bahahira mu isoko rya Kaduha bahangayikishijwe n’umwanda ukabije uri mu bwiherero; bagasaba Leta ko yashyiraho abakora isuku bahoraho. Abaturage...
Umuyobozi w’Akarere ka Burera wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Manirafasha Jean de la Paix na bagenzi be bane bakurikiranweho n’Urukiko rwisumbuye rwa Musanze, ku...