Amakuru
Ku wa Gatanu tariki ya 15 Mata 2016, abakobwa 15 bari mu irushanwa ryo guhatanira kwambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2016, barangajwe imbere...
Hi, what are you looking for?
Ku wa Gatanu tariki ya 15 Mata 2016, abakobwa 15 bari mu irushanwa ryo guhatanira kwambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2016, barangajwe imbere...
In the just concluded Ordinary General Assembly held at Nyamata, Local football body Ferwafa has agreed to focus on youth and grassroots football development....
Imbuto nyinshi ziboneka ku masoko yo mu Rwanda, ziba zaturutse hanze y’igihugu cyane cyane “Imyembe”. Ariko icyo kibazo cyabonye umuti, kuko (Rtd) Maj. Ntabana...
Nyiratebuka Bernadette ni umwe mu bagore bavuye ku rugerero. Ahereye ku mafaranga ibihumbi ijana yahawe abwo yasezererwaga mu gisirikare, yashoboye gushinga Koperative igamije guha...
Ku wa kabiri tariki ya 12 Mata 2016, Minisiteri y’uburezi yibutse abahoze ari abakozi ba Minisiteri y’Amashuri Abanza n’Ayisumbuye ( MINEPRISEC) Minisiteri y’Amashuri Makuru,...
Ku wa 11 Mata 2016, imibiri 59 yari ishyinguwe hirya no hino mu miryango mu karere ka Gatsibo, yashyinguwe mu cyubahiro mu rwibutso rw’i...
Ku wa 9 Mata 2016, mu mugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango IBUKA, urengera inyungu z’abacitse ku icumu rya...
Imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ishyinguye mu rwibutso rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera, igiye kwimurirwa mu mva nshya eshatu, zubatswe...
Mu itangazo ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD) ryageneye abanyamakuru, ryatangaje ko ryifatanije kandi rikomeje abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi. Rirasaba...
Muhanga – Mu gikorwa cyo Kwibuka ku ncuro ya 22 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, Musenyeri MBONYINTEGE Smaragde akaba n’umushumba wa Diyozese ya Kabgayi...
Mu gihe usanga hari abantu benshi batinya kwipimisha ubwandu bw’agakoko gatera SIDA cyane cyane ku rubyiruko, abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye ya APAER, Doctrina...
Ku wa 24 Werurwe 2016, Abakomiseri n’abakozi ba Komisiyo ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare (RDRC), bakiranye ubwuzu Umulisa Henriette, Umunyamabanga...