Uwitwa SEKAMUGA XXX mwene Kayitavu na Nyirabaziyaka, utuye mu mudugudu wa Rwiminazi, Akagari ka Nemba, Umurenge wa Rweru, Akarere ka Bugesera mu ntara y’Iburasirazuba, uboneka kuri telefoni 0781590076, yasabye uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo SEKAMUGA XXX akitwa SEKAMUGA Felicien mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni impamvu z’umuryango.
Akaba asaba kwemererwa binyuze mu nzira zemewe n’amategeko kongera izina Felicien mu mazina asanganywe, SEKAMUGA XXX bityo akitwa SEKAMUGA Felicien mu gitabo cy’Irangamimerere kirimo inyandiko ye y’ivuka.
Utanze itangazo: SEKAMUGA XXX












































































































































































