Uwitwa SEKAMUGA XXX mwene Kayitavu na Nyirabaziyaka, utuye mu mudugudu wa Rwiminazi, Akagari ka Nemba, Umurenge wa Rweru, Akarere ka Bugesera mu ntara y’Iburasirazuba, uboneka kuri telefoni 0781590076, yasabye uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo SEKAMUGA XXX akitwa SEKAMUGA Felicien mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni impamvu z’umuryango.
Akaba asaba kwemererwa binyuze mu nzira zemewe n’amategeko kongera izina Felicien mu mazina asanganywe, SEKAMUGA XXX bityo akitwa SEKAMUGA Felicien mu gitabo cy’Irangamimerere kirimo inyandiko ye y’ivuka.
Utanze itangazo: SEKAMUGA XXX

Manirarora Sylve
March 16, 2025 at 17:13
Mwiriwe neza nitwa manirarora Sylvain nanjye koshak guhinduza amazina nkitwa manirarora jean d’amour kuko ariryo riri kubyangobwa byo kwishuri naca muzihe nzira? Tel0794181177
Murakoze
Editor
March 17, 2025 at 09:38
Duhamagare kuri 0788300359 tuguashe