Connect with us

Hi, what are you looking for?

Rwanda

PM Nsengiyumva Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yakiriye i Leung Chun-Ying, Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, umuryango mpuzamahanga uzwi cyane mu bikorwa by’ubugiraneza bifasha abantu mu by’ubuzima.

Yari kumwe n’abandi bakorana.

GX Foundation imaze kumenyekana ku isi hose kubera ubufasha itanga mu rwego rw’ubuzima rusange , cyane cyane mu bihugu bikennye.

Mu biganiro yagiranye na Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, baganiriye ku mahirwe y’imikoranire, hibandwa ku buryo bwo guteza imbere urwego rw’ubuzima mu Rwanda.

Minisitiri w’Intebe yashimangiye icyerekezo cy’igihugu cyo gukomeza kubaka urwego rw’ubuvuzi rufite ireme, rwegereye abaturage kandi rufite ubushobozi bwo guhangana n’ibibazo by’ubuzima muri rusange.

Ku ruhande rwe, Leung Chun-Ying yagaragaje ko GX Foundation yiteguye gutanga umusanzu wayo mu guteza imbere serivisi z’ubuvuzi, binyuze mu nkunga, ubumenyi n’imikoranire irambye n’inzego z’u Rwanda.

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Izindi wakunda

Amakuru

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Murangira B. yatangaje ko kugeza ubu ataramenya cyangwa ngo abe yarigeze yumva indirimbo y’umunyarwenya n’umuhanzi uzwi kw’izina rya G Taff,...

Ikoranabuhanga

Jackson Kwizera Abafatanyabikorwa bagira uruhare mu guteza imbere urwego rw’ubuzima bakomeje gutanga ibikoresho bitandukanye byifashishwa mu buvuzi. Muri bo harimo gahunda ya IMPALA ibinyujije...

Football

Panorama Sports Abakinnyi batanu b’ikipe y’igihugu y’abagore ya Iran bakina umupira w’amaguru bahawe ubuhungiro muri Australia nyuma yo kuva mu mwiherero w’ikipe yabo wari...

Ubuzima

Jackson Kwizera Abantu benshi bazi ko bicarbonate de soda cyangwa Baking Soda y’ifu ikoreshwa mu guteka cyane cyane mu migati n’ibindi biribwa. Ariko se...

Advertisement

Address:

KG 17 Av 37
Remera-ARJ/RMC House
Amahoro National Stadium
Registration Number: RMC/C/14/015
Accreditation: RURA/ICT/LIC/210181745

e-mail: editor.panorama.rw@gmail.com; panoramarw@gmail.com

Tel: 0788300359 -0733003020

Twitter: @PanoramaNewspa1; @reneanthere
Facebook: Panorama Newspaper

Services:

Panorama Newspaper, Animation, Conducting Community debates, Organizing Talk shows, Consultancy in Media, Photography, Newsletters, Magazines, Videos, Documentaries, Translation, Editing, Book publishing, Motion picture, video and television programme production activities, Motion picture, video and television programme postproduction activities
Motion picture, video and television programme distribution activities, Motion picture projection activities, Other information service activities n.e.c.
Other publishing activities, Publishing of newspapers, journals and periodicals
Radio broadcasting, Television programming and broadcasting activities