Connect with us

Hi, what are you looking for?

Rwanda

PM Nsengiyumva Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yakiriye i Leung Chun-Ying, Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, umuryango mpuzamahanga uzwi cyane mu bikorwa by’ubugiraneza bifasha abantu mu by’ubuzima.

Yari kumwe n’abandi bakorana.

GX Foundation imaze kumenyekana ku isi hose kubera ubufasha itanga mu rwego rw’ubuzima rusange , cyane cyane mu bihugu bikennye.

Mu biganiro yagiranye na Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, baganiriye ku mahirwe y’imikoranire, hibandwa ku buryo bwo guteza imbere urwego rw’ubuzima mu Rwanda.

Minisitiri w’Intebe yashimangiye icyerekezo cy’igihugu cyo gukomeza kubaka urwego rw’ubuvuzi rufite ireme, rwegereye abaturage kandi rufite ubushobozi bwo guhangana n’ibibazo by’ubuzima muri rusange.

Ku ruhande rwe, Leung Chun-Ying yagaragaje ko GX Foundation yiteguye gutanga umusanzu wayo mu guteza imbere serivisi z’ubuvuzi, binyuze mu nkunga, ubumenyi n’imikoranire irambye n’inzego z’u Rwanda.

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Izindi wakunda

Ibidukikije

Umushinga Green Amayaga watangije ku mugaragaro icyiciro cya kabiri cy’ibikorwa byawo, aho uteganya kwagura ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije, kurwanya isuri no guteza imbere ubuhinzi...

Ubuzima

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye ibihugu bya Afurika kuva ku mihigo n’amasezerano yanditse bikibanda ku bikorwa bifatika, by’umwihariko mu guteza imbere...

Football

Panorama Sports Ikipe ya APR F.C yitegura imikino itandukanye mu mwaka mushya w’imikino wa 2026/27 yamaze kongera amaraso mashya mu batoza bayo, aho yongereyemo...

Football

Ingengabihe y’umwaka w’imikino wa 2026/27 muri BK Premier League yashyizwe ahagaragara, aho umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports uteganyijwe ku munsi wa cyenda...

Advertisement

Address:

KG 17 Av 37
Remera-ARJ/RMC House
Amahoro National Stadium
Registration Number: RMC/C/14/015
Accreditation: RURA/ICT/LIC/210181745

e-mail: editor.panorama.rw@gmail.com; panoramarw@gmail.com

Tel: 0788300359 -0733003020

Twitter: @PanoramaNewspa1; @reneanthere
Facebook: Panorama Newspaper

Services:

Panorama Newspaper, Animation, Conducting Community debates, Organizing Talk shows, Consultancy in Media, Photography, Newsletters, Magazines, Videos, Documentaries, Translation, Editing, Book publishing, Motion picture, video and television programme production activities, Motion picture, video and television programme postproduction activities
Motion picture, video and television programme distribution activities, Motion picture projection activities, Other information service activities n.e.c.
Other publishing activities, Publishing of newspapers, journals and periodicals
Radio broadcasting, Television programming and broadcasting activities